Yiyahuye nyuma yo kumenya ko uwari umukunzi we yakoze ubukwe n’undi mukobwa mu mafaranga yamubikije
Yanditswe: Thursday 15, Sep 2022

Umugore wo muri Nigeria, Olaitan Adonis, yiyahuye nyuma y’uko umukunzi we, Ola Saheed,akoresheje amafaranga ye mu gushaka undi mugore.
Olaitan, wari ufite umuhungu w’imyaka irindwi, yari afitanye umubano ukomeye n’uyu musore kandi yabikaga amafaranga kuri konti ye.
Ariko,uyu musore yamuhemukiye akoresha aya mafranga arongora undi mukobwa muri wikendi.
Olaitan akimara kumenya ayo makuru, yababajwe cyane n’ubuhemu bw’umukunzi we, birangiye anyoye uburozi kugira ngo arangize ububabare ndetse (...)
Umugore wo muri Nigeria, Olaitan Adonis, yiyahuye nyuma y’uko umukunzi we, Ola Saheed,akoresheje amafaranga ye mu gushaka undi mugore.
Olaitan, wari ufite umuhungu w’imyaka irindwi, yari afitanye umubano ukomeye n’uyu musore kandi yabikaga amafaranga kuri konti ye.
Ariko,uyu musore yamuhemukiye akoresha aya mafranga arongora undi mukobwa muri wikendi.
Olaitan akimara kumenya ayo makuru, yababajwe cyane n’ubuhemu bw’umukunzi we, birangiye anyoye uburozi kugira ngo arangize ububabare ndetse n’ubuzima bwe.
Umwe mu bantu uzi uko byagenze, yagize ati: "Numvise ko bari kumwe ku wa kane ushize,tariki 8 Nzeri, ndetse baraye hamwe, ariko ku wa gatanu inshuti ye yamubwiye ko uyu musore azashyingirwa ku cyumweru tariki ya 11 Nzeri. Bivugwa ko yanyoye ibiyobyabwenge,apfa bukeye bwaho, ku wa gatandatu tariki ya 10 Nzeri.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *