skol
fortebet

Yolo The Queen yasubije kubibaza niba akiri sugi n’imiterere y’ikibuno cye

Yanditswe: Thursday 29, Jul 2021

featured-image

Sponsored Ad

Umunyarwandakazi Yolo The Queen wamamaye cyane kubera amafoto agaragaza imiterere ye atandukanye yagiye ashyira ku mbuga nkoranyambaga by’umwihariko Instagram, yatunguye benshi ubwo yasubizaga bamwe mu bafana be bamubajije nimba akiri isugi n’inkomoko y’ikibuno cye . Yolo The Queen yatangiye kugwa cyane umwaka ushize, ni nyuma y’uko yari amaze gushyira ku rukuta rwe rwa Instagram ifoto hejuru nta kintu yambaye uretse udupfukamunwa yari yapfukishije amabere.
Ni umukobwa ufite ikibuno kinini (...)

Sponsored Ad

Umunyarwandakazi Yolo The Queen wamamaye cyane kubera amafoto agaragaza imiterere ye atandukanye yagiye ashyira ku mbuga nkoranyambaga by’umwihariko Instagram, yatunguye benshi ubwo yasubizaga bamwe mu bafana be bamubajije nimba akiri isugi n’inkomoko y’ikibuno cye .

Yolo The Queen yatangiye kugwa cyane umwaka ushize, ni nyuma y’uko yari amaze gushyira ku rukuta rwe rwa Instagram ifoto hejuru nta kintu yambaye uretse udupfukamunwa yari yapfukishije amabere.

Ni umukobwa ufite ikibuno kinini gitangarirwa na benshi ariko gikurura abagabo kugeza no kuri Drake, umuhanzi wo muri Amerika aho byagiye bigaragara ko hari ubutumwa yagiye yandikirana n’uyu mukobwa, muri make ateye nk’igisabo.

Ku munsi w’ejo yahaye umwanya abamukurikira ngo bagire ibibazo bamubaza, umwe yamubajije niba akiri isugi, mu kumusubiza agira "yego."

Yabajijwe kandi niba Yaba afite umukunzi, yagize ati "hari umuhungu w’abandi urimo kwita ku mutima wanjye."

Ku nkomoko y’imiterere ye n’ikibuno cyakuruye benshi, yagize ati "ni imisemburo ya mama inyiruka mu mubiri."

Uyu mukobwa wavuze ko ubu ari muri Afurika y’Epfo, yavuze ko umuntu umushimisha mu buzima bwe ari nyina, ni mu gihe igice cy’umubiri we akunda ari amaguru ye.


Ibitekerezo

  • Muratwica rwose. Ubu se bitandukaniye he n’abo dusanzwe tubona iwacu mu cyaro. Niba ari ibi byo natwe iwacu birahari. Abanyarwandakazi bose ni beza. Uyu cyakora abarusha kwiyambika bitari mu muco ubereye abanyarwanda. Uwisize wese agaragara neza. Mwakoze kutwereka ibicircula.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa