skol
Kigali

Author

Muhire Jason

Dore impamvu zituma umukobwa mwakundanye ashobora kukugarukira mu gihe mwashwanye

Kubona abantu bakundana bahagarika urukundo ni ibintu bibaho.cyera kabaye nka nyuma y’amezi n’amezi cg iminsi myinshi ukabona umwe muri bo agerageje kugaruka ari nabwo umwe atangira kwibaza...
14 October 2018 Yasuwe: 2710 0

Kim Kardashian n’umugabo we Kanye West basekaye mu gihugu cya Uganda

Kanye West n’umufasha we Kim Kardashian bari kubarizwa mu gihugu cy’ubugande aho bari kuhakorera zimwe mu ndirimbo ziri kuri album ye yise ‘Yandhi’.
13 October 2018 Yasuwe: 2991 0

Umuyobozi wa The Mane ibarizwamo Safi yakomoje ku masezerano yagiranye n’itsinda rya Urban Boys

Umuyobozi mukuru wa The Mane ari we Bad Rama yavuze ko amasezerano basinyanye na Urban Boys ari imikoranire izamara igihe kirekire.
13 October 2018 Yasuwe: 809 0

Sebera wavuzweho kubenga Saphine wo muri Seburikoko agiye gukora ubukwe n’umukobwa wo muri City Maid

Uwineza Nicole ukina muri filime y’uruhererekane ya City Maid agiye gukora ubukwe na Sebera Eric wari warambitse impeta y’urukundo Kirenga Saphine nawe usazwe ukina muri filime ya...
13 October 2018 Yasuwe: 5376 0

Desire Luzinda wamamaye kubera amafoto y’urukozasoni yatangaje igihe yatakarije ubusugi bwe

Desire Luzinda yatangaje ko yaryamanye n’umuhungu bwa mbere mu mwaka wa 2003 ,akaba ari naho yaterewe inda n’umuhungu wamushukishije amafaranga.
13 October 2018 Yasuwe: 2981 0

Niba ugira umujinya w’umuranduranzuzi ihutire kujya kwa muganga

Inzobere mu kuvura uburwayi bwo mu mutwe zitangaza ko umujinya mwinshi ari kimwe mu bimenyetsoby’indwaraza zo mu mutwe.
13 October 2018 Yasuwe: 1237 0

Dore ibibi byo kugira umubano udasanzwe n’uwo mwakundanye mugatandukana

Nta muntu n’umwe mu buzima bwe wifuza kujya mu gitabo cy’amateka mabi yagize mu rukundo rwe rwa kera kuko bisa n’ikirango kibi cy’urwo rukundo. Ni ibintu bigaragaza ubwana n’ubwo bamwe bajijisha...
13 October 2018 Yasuwe: 1816 0

Kanye West ngo aziyamamariza kuba Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika mu mwaka wa 2024

Umuhanzi Kanye West atangaza ko aziyamamariza kuba Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu mwaka wa 2024 kubera guhura na Perezida Donald Trump.
13 October 2018 Yasuwe: 561 0

Meddy yatumiwe mu Rwanda mu gitaramo gisoza umwaka

Meddy azataramira abanyarwanda mu gitaramo kizaba Taliki ya 1 Mutarama 2019.
13 October 2018 Yasuwe: 366 1

Miss Anastasie yerekeje muri Phillipines nyuma y’iminsi 5 irushanwa ritangiye

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatanu Umutoniwase Anastasie yerekeje muri Phillipine aho agiye guhagararira u Rwanda mu irushanwa ry’ubwiza rya Miss Earth 2018, aho agiye asanga abandi bamaze yo...
12 October 2018 Yasuwe: 1156 0
0 | ... | 390 | 400 | 410 | 420 | 430 | 440 | 450 | 460 | 470 | ... | 2030