skol
Kigali

Author

Muhire Jason

Ese waruziko imiterere y’ikirenge cyawe ishobora kuguhishurira imiterere yawe ?

Nk’uko tubikesha ubushakashatsi bw’urubuga www.herbeauty.co muri article yacyo yitwa herbeauty.co/lifestyle/batwereka uburyo bugera mu 9 bw’imitere y’ibirenge by’umuntu (foot shapes)ubwo buryo bukaba...
11 October 2018 Yasuwe: 4140 0

Umushinga Mowzey Radio yashakaga gukorera ku butaka bw’u Rwanda

Byamenyekanye ko nyakwigendera Moses Nakitinje Sekibogo wari uzwi nka Mowzey Radio yateganyaga gukora umushinga ku bijyanye n’imyidagaduro y’abana ku butaka yaguze mu...
11 October 2018 Yasuwe: 1571 0

Umujinya w’umurandura nzuzi watumye Eddy Kenzo atuka umugore wamwibasiye ku mbuga nkoranyambaga

Umuhanzi Eddy Kenzo yatangaje ko azatemagura iminwa y’umugore uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga, Ritah Kaggwa amuryoza ko yamunenze ku mbuga nkoranyambaga.
11 October 2018 Yasuwe: 1442 0

Umukobwa ukunzwe n’abagabo benshi muri Kenya yandagajwe azira kwigira umwana

Huddah Monroe wamamaye cyane ku mbuga nkoranyambaga kubera amafoto ye y’urukozasoni, ubu akaba ari mu ntambara y’amagambo n’abafana be bamushinja kwigabanyiriza...
11 October 2018 Yasuwe: 2273 0

Abahungu ngo bafite ibindi bimenyetso bigaragaza ko umukobwa akiri isugi

Ngo hari ibintu by’ingenzi abasore bakunze kugendaraho bakaba bakwemeza ko umukobwa akiri isugi niyo baba batarakorana imibonano mpuzabitsina, ariko ibyo bimenyetso hari igihe bibeshya ba nyiri...
11 October 2018 Yasuwe: 5005 0

Ibintu byagufasha kwivanamo umuntu ukunda ariko we atagukunda

Biba ibyiza iyo ukunze nawe ugakundwa, gusa kuko urukundo rutingingwa n’iyo ukunze umuntu we ntagukunde uba ugomba kubyakira kandi ukagerageza kubyitwaramo neza nubwo...
11 October 2018 Yasuwe: 8766 1

Pasiteri wasengeye abasore ababwira ko batunzwe n’amandazi na capati yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga

Ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwijwe amashusho agaragaza umupasiteri arimo gusengera abasor bari baje bambayariye umusore mu bukwe ababwira ko niba harimo uwubatse agomba kubyemera ndetse niba...
10 October 2018 Yasuwe: 3689 2

Buravan ngo Album ye ya mbere yise ‘The Love Lab’ ngo izaba igizwe n’indirimbo z’urukundo

Yvan Buravan ugiye gushyira hanze Album ye ya mbere hanze yise The Love Lab izaba iriho indirimbo 17 z’urukundo gusa. Aho azayimurika taliki ya mbere Ukuboza uyu mwaka...
10 October 2018 Yasuwe: 353 0

Babo yajyanye Producer Pastor P mu buyobozi amushinja kumurya amayero 1000€

Producer Pastor P uri mu bafite inararibonye mu gukora muzika mu Rwanda arashinjwa n’umuhanzi Babo ko yamuhaye amafaranga yo kumukorera Album ntayikore…ubu yatanze ikirego….Pastor P nawe ati “...
10 October 2018 Yasuwe: 1491 0

Habura iminsi micye ngo Humble Jizzo n’umukunzi we bakore ubukwe batangaje aho buzabera

Humble Jizzo yatangaje ko ubukwe bwe buzabera ku nyengero z’ikiyaga cya lake Kivu mu Karere ka Rubavu.
10 October 2018 Yasuwe: 3814 0
0 | ... | 410 | 420 | 430 | 440 | 450 | 460 | 470 | 480 | 490 | ... | 2030