Turi tariki ya 01 Kanama ni umunsi wa 213 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 152 niyo isiagaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo, uyu munsi umaze kuba inshuro 56 ari ku wa kabiri
Mu mateka y’u...
Tariki ya 30 Nyakanga, ni umunsi wa 211 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 154 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
1502: Christophe Colomb wavumbuye Amerika akitirirwa igihugu...
Minisiteri y’ingabo ya Leta zunze zubumwe z’ Amerika, Pentagon, yemeje ko Koreya ya ruguru yagerageje missile muri aya masaha ya nimugoroba ku wa Gatanu nkuko byemezwa n’inzego z’umutekano muri...
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’ Ubuyapani, Fumio Kishida, yatangaje ko Ubuyapani bwiteguye gutera ingabo mu bitugu Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku bihano byafatiwe Koreya ya Ruguru.
Yavuze ko...
Uburusiya bwatangiye kwihorera kuri Leta zunze ubumwe z’America, nyuma y’ibihano Leta zunze ubumwe z’America zabufatiye.
Kuri uyu wa gatanu Leta y’Uburusiya yategetse Leta zunze ubumwe z’America...
Minisitiri w’Intebe wa Pakistan yegujwe ku mirimo ye nyuma yo guhamwa n’ibyaha bya ruswa n’amanyanga.
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 29 Nyakanga Nawaz Sharif wari minisitiri w’intebe wa Pakistan...
Mr Sande Patrick Byamukama ushyigikiye bikomeye depite Robert Ssentamu Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine yajyanye Leta ya Uganda mu nkiko nyuma y’uko atangaje ko inzego z’umutekano zamwangije bikomeye....
Itegeko rikarishye No. 227. mu bya gisikare ry’ uwari umuyobozi w’ikirenga wa Repubulika zunze ubumwe z’ Abasoviyete Joseph Stalin ni kimwe mu byaranze tariki ya 28 Nyakanga.
Turi tariki ya 28...