Hari hashize iminsi umuhanzi Diamond Platnumz atangaje ko ari wenyine yifuza umukobwa bakundana akamukunda uko ari ko yiteguye kumutetesha cyane ko hano yakoresheje amagambo agaragaza ko ari...
Ibi byabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 12 Ukwakira 2018 aho umunyamakuru wa RFI yatangaje inshuro ebyiri zose avuga ko umuhanzi Buravan ari umunyarwandakazi ufite indirimbo nziza...
Valdeci Sobrino ni umugabo wiyita umukozi w’Imana, yabwiye abakirisitu ko Imana yamuhaye amata afite umugisha w’Umwuka Wera akaba ngo ari amasohoro amuturukamo.
Bamwe mu bategarugori n’abakobwa, bo mu Rwanda, cyane cyane abatuye mu mujyi wa Kigali, iyo muganiriye byimbitse bakubwira bemeza ko igikorwa cyo gusomana, cyagiye kigusha benshi b’intwari muribo...
Ubusanzwe, ibicece ni ibinure biza kunda ku buryo ubibonye abona ubifite ateye nabi bigatuma na nyirabyo agira isoni z’uko ateye bityo ntabe yifuza kujya aho abandi bari bitewe na bya bicece...
1.Mwereke ko umwitayeho
Igitsina gore gikunda kwitabwaho cyane niba koko mukundana uzirinde kumwereka ko utamwitayeho ahubwo umunsi ku wundi ujye umuba hafi. mu buzima uzaba umuremyemo icyizere...
Myugariro Rio Ferdinand wahoze akinira Manchester United akayivamo ayubakiyemo amateka yatangaje ko Cristiano Ronaldo yakundaga kwambara ubusa yarangiza akireba mu ndorerwamo akabwira abakinnyi...
Ubusanzwe abagore bagira ubushake buke mu gukora imibonano mpuzabitsina ugereranyije n’abagabo. Abaganga bagaragaza ko ibi biterwa nuko, umusemburo wa testosterone uba ari mwinshi ku bagabo...
Mu mujyi wa Kampala mu gihugu cya Uganda kiri mu majyaruguru y’ u Rwanda yaraye habereye impanuka ikomeye y’ imodoka yahitanye abantu 7 nk’ uko byemejwe n’ ubuyobozi bw’ akarere iyi mpanuka...