Umutoza Otto Addo yeguye ku gutoza ikipe y’igihugu ya Ghana nyuma y’uko isezerewe mu matsinda y’igikombe cy’isi.
Addo, w’imyaka 47, wahoze ari umukinnyi w’ikipe y’igihugu ya Ghana, mu kwezi kwa...
Umunyabigwi mu mupira w’amaguru,Cristiano Ronaldo ari mu bakinnyi 26 bahamagawe mu ikipe ya Portugal izakina igikombe cy’isi cya 2022 kibura iminsi ngo gitangire muri Qatar.
Uyu mukinyi w’imyaka...
Kuri uyu wa Mbere hamenyekanye uko amakipe yabaye aya mbere iwayo azacakirana muri 1/16 cya Champions League aho Liverpool yatomboye Real Madrid iheruka kuyitsindira ku mukino wa nyuma w’iki...
Ikipe ya Manchester United yiyemeje gushora akayabo ka miliyoni 100 z’ama pound ku mwongereza Jude Bellingham kugira ngo azayisinyire mu mpeshyi yirengagize Real Madrid.
Amashitani atukura...
Perezida wa Belarus Alexander Lukashenko yasabye Ukraine kwitegura ibitero igiye kugabwaho n’ingabo z’Umuryango w’Ubumwe bwa Belarus na Russia uzwi nka Union State. Ingabo za Union State ngo zimaze...
Kylian Mbappe yaje ku mwanya wa mbere ku rutonde rwa Forbes rw’abakinyi binjije amafaranga menshi,aba umukinnyi wa mbere utari Lionel Messi cyangwa Cristiano Ronaldo ubaye uwa mbere kuri urwo...
Rutahizamu Erling Haaland yahishuriye Manchester United ko hari igihe ageramo kumuhagarika ntibibe byoroshye.
Uyu Rutahizamu wa Manchester City yatangiye kwandika amateka mu Bwongereza,kuko...
Biravugwa ko ikipe ya Chelsea ishaka gusinyisha abakinnyi 3 barimo Jude Bellingham, Declan Rice na Christopher Nkunku mu rwego rwo gufasha Todd Boehly kuzama impinduramatwara kuri Stamford...
Ikipe ya Real Madrid iri mu rukundo n’abakinnyi bakiri bato irahabwa amahirwe menshi yo gusinyisha umukinnyi wa Borussia Dortmund, Jude Bellingham wifuzwa n’amakipe menshi.
Amakuru aravuga ko uyu...
Umukino wo mu matsinda ya Europa League wagombaga guhuza Arsenal na PSV wahagaritswe kubera ikibazo cy’abapolisi bazaba babaye bake kubera ishyingurwa ry’umwamikazi.
Mu mpera z’icyumweru gishize,...
Ikipe ya Chelsea yafunze isoko ryo kugura no kugurisha abakinnyi iguze abakinnyi babiri barimo Pierre Emerick-Aubameyang yakuye muri FC Barcelona na Dennis Zakaria yakuye muri Juventus.
Uyu...
Ikipe ya Chelsea na Manchester United ngo zihanganiye bikomeye uwahoze ari rutahizamu wa Arsenal w’imyaka 33 kugira aze kuzishakira ibitego
Uyu rutahizamu wa Barcelona yitwaye neza mu mezi make...
Ikinyamakuru France Football cyatangaje abakinnyi 30 bahatanira Ballon d’or mu mwaka wa 22 mu bagabo,abagore,abatoza n’abana, aho umukinnyi mwiza ku isi agomba gutangazwa mu birori bizaba mu...
Myugariro w’Umudage Nico Schulz arashinjwa gutera imigeri mu nda uwahoze ari umukunzi we ubwo yari atwite.
Schulz, ufite imyaka 29, ukina inyuma ku ruhande rw’ibumoso mu ikipe yo muri Bundesliga,...
Nyuma yo kumuha ibyishimo bisendereye, umufana wa Liverpool yishushanyijeho Klopp ku kuguru ndetse kuri uyu wa Gatatu uyu mutoza yasinye kuri iyo shusho ye uyu mufana yishyizeho.
Jurgen Klopp...
Rutahizamu w’Umufaransa ukinira Paris Saint-Germain, Kylian Mbappe yagizwe umukinnyi w’umupira w’amaguru uhenze kurusha abandi bose ku isi mu bushakashatsi bwakozwe na CIES Football Observatory....
Umutoza Jurgen Klopp yizeye ko Sadio Mane ashobora kuba umucunguzi ukomeye wa Liverpool ku mukino wa nyuma wa Champions League - ariko akerekana ko ushobora kuba umukino we wa nyuma muri iyi...
Rutahizamu Robert Lewandowski yabwiye Bayern ko atazongera amasezerano kuko ashaka kwerekeza mu ikipe ya FC Barcelona.
Uyu munya Polonye arashaka kwimukira muri iyi kipe y’igihangange ya Espagne...
Ikipe ya Manchester City irateganya gusinyisha umukinnyi wo hagati mushya nyuma yo kurangiza ikibazo cya rutahizamu Haaland yifuza cyane kugira ngo ayifashe.
Amakuru aravuga ko Pep Guardiola...
Ibintu bikomeje kuzamba muri Paris Saint-Germain kuko bivugwa ko abakinnyi bamwe na bamwe bakomeje kugenda barakazwa n’umwuka mubi uri mu ikipe by’umwihariko amacakubiri bivugwa ko ari mu...
Ikipe ya FC Barcelona ya Xavi yacecekesheje Santiago Bernabeu inyagira ibitego bine Real Madrid mu mukino wa mbere wa El Clasico wa mbere muri shampiyona.
Uko ibitego byagiye byisukiranya...