Azzedine Lagab niwe wegukanye agace ka nyuma ka Tour du Rwanda 2018 asize Lozano Riba David na Munyaneza Didier gusa Mugisha Samuel yabashije gucunga abo bari bahanganye ntiyatakaza igihe...
Over 41 000 children and adults in the WHO European Region have been infected with measles in the first 6 months of 2018. The total number for this period far exceeds the 12-month totals reported...
Nicolas Hulot, Minisitiri w’ibidukikije mu Bufarasansa, yeguye ari mu kiganiro cyacaga kuri radiyo , ibintu byatunguye na Perezida Emmanuel Macron w’iki gihugu...
Igihugu cy’ u Rwanda kiri mu myiteguro yo gushaka uko cyakwiyongera ku bihugu 36 bigize Umuryango Mpuzamahanga w’ Ubukungu Organization for Economic Co-operation and Development...
Rutahizamu wa Liverpool Mohamed Salah yatangaje ko we na bagenzi be biteguye gutwara igikombe cya shampiyona ya Premier League ndetse na UEFA Champions League uyu mwaka kubera abakinnyi bashya...
Rutahizamu w’ikipe ya Juventus Cristiano Ronaldo yashyize atangaza ko impamvu nyamukuru yatumye ava muri Real Madrid yari amaze imyaka 9 akinira akerekeza muri Juventus ari ukubera perezida...
Rutahizamu wa Juventus,Cristiano Ronaldo yatangarije abanyamakuru ko mu bakinnyi batanu bahataniye Ballon d’or y’uyu mwaka Lionel Messi atarimo ndetse atazaza muri...
Mu makuru yasohotse muri iki gitondo,Taliki ya 11 Ugushyingo 2018, ni uko Cristiano Ronaldo na Lionel Messi batari mu bakinnyi 3 bazatorwamo uwegukana Ballon d’Or y’uyu mwaka izatangwa mu kwezi...
Rutahizamu w’umufaransa ukinira Atletico Madrid,Antoine Griezmann yavuze ko yanze kwerekeza muri FC Barcelona yamushakaga mu mpeshyi ishize ,kubera ko atifuzaga gukorera mu kwaha kwa Lionel...
Abasore 3 b’abanyarwanda bakina umukino wo gusiganwa ku magare bisanze ku rutonde ruzatoranywamo umukinnyi wahize abandi mu mukino wo gusiganwa ku magare muri...
Nubwo bitemewe kunywera itabi mu ruhame kuri bimwe mu bibuga byo ku mugabane w’Iburayi ndetse bamwe mu bakinnyi bakaba bagatumura bihishe,hari abo byacitse bagaragara bari kurinywa ndetse amafoto...
Umunya Croatia Luka Modric w’imyaka 33 ukinira Real Madrid, niwe waraye atsindiye igihembo cya Ballon d’Or nyuma yo kwanikira bikomeye mu majwi Cristiano Ronaldo na Antoine Griezmann...
Abanyarwandakazi batuye mu gace ka mbarara ntiborohewe na Leta y’ubugande kubera ibyaha birimo uburaya bweruye,Ubucuruzi ndetse no gutura muri iki gihugu binyuranyije...
Umunyarwanda Areruya Joseph yakoze amateka yo kuba umukinnyi wa mbere muri Africa mu gusiganwa ku magare mu mwaka wa 2018,yigaranzura ibihangange birimo Daryl Impey ukomoka muri Africa y’Epfo...
Rutahizamu wa PSG,Kylian Mbappe yatowe n’umukinnyi w’umwaka wa 2018 atsinze bagenzi be bafatanyije gutwara igikombe cyisi cya 2018 mu Burusiya barimo Raphael Varane na Antoine...