Umuhanzikazi Shakira wamenyekanye mu ndirimbo zitandukanye yatangiye gukorwaho iperereza rigamije kureba imisoro yanyereje mbere y’uko yimukira mu mujyi wa Barcelona dore ko ubu asigaye atuye mu...
Bamwe mu basitari bo mu Rwanda bazamutse ku rwego rwiza aho bamwe bamaze no kwigurira imodoka bagendamo.Ni mu mafato yafashwe na Kigali Today ducyesha iyi nkuru aho bamwe mu bahanzi n’abakinnyi...
Ikipe ya Arsenal yageza ku mukino wa nyuma wa Carabao Cup nyuma yo gutsida ikipe ya Chelsea ibitego 2-1mu mukino wo kwishyura wabereye kuri Stade yayo ya Emiratses Stadium. Muri uyu mukino wo...
Areruya Joseph na Bagenzi be bari bagize Team Rwanda bamufashije kwegukana La Tropicale Amissa Bongo ya 2018,bakiriwe nk’abami ubwo bageraga ku kibuga cy’indege I Kanombe bavuye kwesa imihigo muri...
Umuyobozi w’ikipe ya Rayon Sports Muvunyi Paul yatangaje ko biteguye gusimbuza visi perezida wa Rayon Sports Gacinya Chance Dennis uri mu maboko ya polisi kubera ibyaha ashinjwa yakoreye mu karere...
Ikipe ya Musanze FC iherereye mu ntara y’’Amajyaruguru yamaze gusinyisha rutahizamu Bokota Labama wamenyekanye mu makipe akomeye nka Rayon Sports ndetse na APR FC yamwirukanye kubera imyitwarire...
Areruya Joseph atumye ibendera ry’u Rwanda rizamuka nyuma yo kwitwara neza mu gace ka nyuma ka La Tropicale Amissa Bongo kegukanwe n’umutaliyani witwa Luca Pacioni ukinira Willier Sellelta. Nubwo...
Areruya Joseph ukinira Team Rwanda muri La Tropicale Amissa Bongo afite akazi ko kugumana umwenda w’umuhondo nyuma y’aho Ndayisenga Valens na Uwizeyimana Bonaventure bavuye mu irushanwa ku munsi...
Amavubi aherereye mu mikino ya CHAN 2018 iri kubera mu gihugu cya Maroc ndetse kuri uyu munsi arakina umukino wa kabiri wo mu itsinda C,urayihuza na Equatorial Guinea nyuma yo kunganya 0-0 na...
Umukinnyi Kris Dunn ukinira ikipe ya Chicago Bulls yaguye nabi abanza umutwe hasi, ubwo yari amaze gusimbuka ashaka gushyira umupira mu nkangara ibyo bita Dunk abaganga bahita bahagoboka.
Uyu...
Kizigenza mu mukino wo gusiganwa ku magare uheruka kwegukana Tour du Rwanda 2017 Areruya Joseph,yongeye kwigaranzura ibihangange yegukana intera ndende kurusha izindi mu irushanwa rya La...
Karekezi Olivier yatangaje ko ubuyobozi bwa Rayon Sports bwamaze kuganira na Mwiseneza Djamal wahoze akinira Rayon Sports ndetse bugiye kumuha amasezerano mu minsi iri imbere. Uyu musore...
Ikipe ya Manchester United yamaze gutangaza ko niramuka ibonye umunya Chili Alexis Sanchez izahagarika kugura abakinnyi bakomeye yateganyaga kuzagura mu mpeshyi y’uyu mwaka barimo Antoine...
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Antoine Hey yatangaje ko abakinnyi be biteguye kwitwara neza mu mukino wa mbere Amavubi azahura na Nigeria ku wa mbere Taliki ya 15 Mutarama 2018 kuri stade ya...
Ikipe ya Algeria ihaye impamba ikomeye Amavubi mu mukino wa gicuti waberaga kuri stade ya El Menzeh, umaze kurangira itsinze ibitego 4 kuri 1 cy’Amavubi.
Amavubi yabanje mu Kibuga
Amavubi...
Umusore Niyonshuti Adrien uzwi cyane mumukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda yamaze kumvikana n’ikipe yo muri Afurika y’Epfo yitwa Sampada Cycling Team nyuma yo kurekurwa na Dimension Data ikina...
Umutoza Masudi Djuma yasabiwe kwirukanwa n’abafana ba Simba SC nyuma yo gusezererwa na URA mu gikombe cya Mapinduzi Cup kiri kubera muri Zanzibar.
Nyuma yo gutsindwa igitego 1-0 na AZAM FC muri...
Ikipe ya Kiyovu Sports iri mu biganiro na Shabani Hussein uzwi nka Tchabalala nyuma y’aho Rayon Sports yari yamaze kumvikana n’uyu musore ariko ikaba itaramwishyura miliyoni 2 bumvikanye.
Mu...
Umunyezamu w’ikipe y’igihugu Amavubi Ndayishimiye Eric Bakame yatangaje ko we na bagenzi be bakwiye kuzamura urwego rw’imikinire yabo niba bashaka kwitwara neza mu mikino ya CHAN iri hafi gutangira...
Umunya Brazil Philippe Coutinho wakiniraga Liverpool mu kibuga hagati, yamaze kwerekeza mu ikipe ya FC Barcelona yo muri Espagne aguzwe akayabo ka miliyoni 145 z’amapawundi aho yasinye amasezerano...
Ikipe y’igihugu Amavubi irerekeza muri Tuniziya uyu munsi mu mwiherero w’iminsi 10 wo kwitegura imikino ya CHAN 2017 izabera muri Maroc kuva taliki ya 12 Mutarama kugeza ku ya 04 Gashyantare 2018....
Ikipe ya Manchester City yari imaze imikino 18 itsinda,inaniwe gutsinda ikipe ya Crystal palace yari ku kibuga cyayo Selhurst Park aho yahushije penaliti mu minota y’inyongera.
Benshi mu bakunzi...
Nzamwita Vincent [De Gaulle] yungukiye mu kuba umukandida umwe rukumbi wiyamamaje ku munsi w’ejo Rwemarika ataragejeje ku majwi yasabwaga kugira ngo abashe kuba perezida wa FERWAFA kuko agiye...
Rutahizamu Luis Nazario de Lima wabiciye bigacika mu makipe atandukanye ku mugabane w’I Burayi nka Inter Milan,FC Barcelona,Real Madrid n’izindi, yatangaje ko atifuza kubona umukinnyi Philippe...