Ikipe ya Arsenal iri mu bihe bibi muri iyi minsi ishobora gusezerera abakinnyi bagera ku icyenda muri iyi mpeshyi kubera umusaruro wabo ugerwa ku mashyi ndetse ntacyo wafashije iyi kipe mu mwaka...
APR FC nk’ ikipe izaserukira u Rwanda muri CAF Champions yamaze gutanga urutonde rw’agateganyo rw’abakinnyi 29 izakoresha barimo na Twizerimana Onesme na Sekamana Maxime bamaze iminsi mu mvune....
Ingingo zo kurebwaho: Ese ni uko iyi kipe yaba nta banyamahanga ifite bayifasha? Ese ko umwaka ushize yatwaye igikombe cya shampiyona ntiyaba ifite abakinnyi batari ku urwego rw’abo mu umwaka...
Umutoza wungirije mu ikipe ya Rayon Sports Lomami Marcel yatangaje ko yatunguwen’urwego rwo hasi iyi kipe yamweretse mu myitozo yo ku munsi w’ejo bakoreye mu nzove, nyuma y’icyumweru bamaze bari mu...
• Casa yasabye abakinnyi ba Kiyovu sports guhozaho kugira ngo bazabashe kwegukana shampiyona.
• Kiyovu Sports iri ku mwanya wa 3 ku rutonde rw’agateganyo rwa...
Umutoza w’ikipe y’igihugu Paul Bitok yamaze guhamagara abakinnyi 14 azakoresha mu mikino nyafurika izabera mu gihugu cya Misiri kuva ku I taliki ya 20 kugeza ku ya 30 Ukwakira uyu mwaka aho...
Kuri uyu wa kabiri Taliki ya 22 Kanama 2017 nibwo ikipe ya Rayon Sports imaze gutangaza urutonde rw’abakinnyi 25 izakoresha mu mwaka w’imikino 2017-2018 dore ko muri iyi minsi yari ifite abakinnyi...
Ikipe ya Bugesera FC ikomeje inzira yo kwiyubaka aho yamaze kugura abakinnyi bakomeye barimo ni umusore wahoze akinira Rayon Sports n’Amavubi Ndatimana Robert ndetse banongerera amasezerano...
Ikipe ya REG BBC yagowe bikomeye ni umukino ubanza wa kamarampaka (playoffs) aho yarangije itsinze amanota 63 kuri 60 ya Espoir FC yarahiriye kugera ku mukino wa nyuma wa kamarampaka nubwo ibura...
Umutoza wa Rayon Sports,Julien Mette,yasabye abakinnyi be kongera imbaraga ndetse bakibuka ko bakinira abafana benshi bikabafasha kuzasezerera Bugesera FC mu gikombe...
Abakinnyi n’abatoza b’ikipe y’abato ya Rambura Women Football Club n’iya Inyemera WFC bari mu bitaro by’Akarere ka Gicumbi nyuma yo gukubitwa n’inkuba ubwo bari mu mukino waberaga ku kibuga cya...
Ushinzwe ubuzima bwa buri munsi bw’ikipe ya APR FC,Team manager, Ntazinda Eric yagarutse kuri byinshi bivugwa kuri iyi kipe, avuga ku mikino ibanza ya shampiyona, imyiteguro ya Mapinduzi Cup,...
Abakinnyi batatu b’ikipe ya APR FC barimo Ishimwe Jean Pierre, Ruboneka Bosco na Ndayishimiye Dieudonne uzwi nka Nzotanga, bagarutse mu Rwanda bavuye mu gihugu cy’u Busuwisi mu rubanza bari...
Abakinnyi ba Kiyovu Sports baraye bahawe umushahara w’ukwezi kumwe basabaga ubuyobozi bw’ikipe, kuri ubu bari hamwe aho bari kwitegura umukino baza guhuramo na APR FC kuri uyu wa...
Perezida wa Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidele yavuze ko hari abantu benshi batifuza ko yateze imbere iyi kipe ndetse ko yabonye ibyavuzwe ko hari abashakaga guha ruswa abakinnyi ngo bitsindishe...
Umutoza Mauricio Pochettino yavuze ko imvune zatumye ikipe ye ya Chelsea isigarana abakinnyi 14 cyangwa 15 ′ gusa bazima ndetse ari nbo akoresha akina na...
Abakinnyi batwaye Igikombe cy’isi,ba Argentina bitwaje amapompo arimo umwuka wa ogisijeni [Oxygen] kugira ngo bahangane no kubura umwuka wo guhumeka mu gihugu cya Bolivia...
Ikipe ya Rayon Sports yashyize hanze urutonde rw’abakinnyi izajyana muri Libya aho izakirwa na Al Hilal SC mu mukino ubanza wa CAF Confederation Cup uzaba ku wa...
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi,Gérard Buscher, yahamagaye abakinnyi azifashisha akina umukino wa nyuma mu itsinda L mu gushaka itike y’igikombe cy’Afurika na Senegal, uzabera i...