Ikipe ya Argentina imaze imikino 35 idatsindwa yahamagaye abakinnyi 26 izakoresha mu gikombe cy’isi kigiye kubera muri Qatar.
Lionel Messi niwe uyoboye aba bakinnyi ba Argentina ihabwa amahirwe...
Lionel Messi yahishuye mu buryo bwihariye ko Pep Guardiola yangije cyane umupira wamaguru mu gihe yamaze muri Barcelona.
Aba bombi bakoranye muri Barcelona hagati ya 2008 na 2012, batwara...
Umukinnyi Alex Iwobi wari ubabajwe cyane no gutsindwa na Bournemouth Kuwa Gatandatu,yahaye ishati inshuti ye yari yicaye ku murongo w’imbere, ariko uyu mufana utarishimiye umusaruro w’ikipe yahise...
Ikipe ya Manchester United irakataje ishaka umusimbura wa Cristiano Ronaldo aho yongereye imbaraga ishaka gusinyisha Umufaransa Kylian Mbappé ukinira PSG.
Uyu mukinnyi uhembwa amafaranga menshi...
Mu kiganiro gikomeje guca ibintu ku isi yagiranye n’umunyamakuru Piers Morgan,Cristiano Ronaldo yavuze ko yifuza ko Arsenal yatwara Premier League igihe United byaba biyinaniye,yongeraho ko Messi...
Umuyobozi mushya wa Siporo muri ARSENAL, Edu Gaspar César ari mu Rwanda n’umuryango we, muri gahunda ya #VisitRwanda.
Yageze i Kigali kuri uyu wa gatanu, nyuma yo kugirwa Sporting Director wa...
Ku mukino wa 7 atoza ikipe y’igihugu Amavubi, umutoza Carlos Alós Ferrer birangiye abonye intsinzi ye ya mbere yari amaze igihe ashakisha.
Mu mukino wa gicuti wasojwe n’imvururu hagati mu bakinnyi...
Amakuru aravuga ko Cristiano Ronaldo ashaka kurangiza inzozi ze muri Manchester United agasubira muri Real Madrid.
Uyu mugabo w’imyaka 37 yashinje amashitani atukura ko yamugambaniye mu kiganiro...
Abafana ba Iran mbere yo guhura n’Ubwongereza mu mukino ubanza wo mu itsinda B ry’Igikombe cy’isi muri Qatar,bagaragaye bafite ibyapa byibasira myugariro Harry Maguire.
Aba bafana benshi bari...
Rutahizamu Richarlison yinjije neza Brazil mu gikombe cy’isi nyuma yo kuyitsindira ibitego bibiri yatsinze Serbia mu mukino wa mbere wo mu itsinda G.
Brazil ihabwa amahirwe menshi yo kwegukana...
Myugariro akaba na visi kapiteni wa Rayon Sports, Ndizeye Samuel niwe watowe nk’umukinnyi mwiza w’ukwezi ku Ukwakira,ahigitse Mussa Esenu na Willy Essombe Onana
Yahembewe mu muhango wabaye kuri...
Ikipe ya Musanze FC yatsinze Rayon Sports mu mukino w’umunsi wa 11 wa shampiyona ibitego 2-0 mu gihe Kiyovu Sports nayo yongeye kwihanizwa na Gasogi United iyitsinda ibitego 3-1.
Agahinda...
Ikipe ya Maroc nayo yabaye indi kipe itungura abakunzi ba ruhago mu gikombe cy’isi kuko yakubitiye Ababiligi muri Qatar ibitego 2-0 ihita yiyongerera amahirwe yo kugera mu mikino yo gukuranamo....
Umunyabigwi Cristiano Ronaldo ari mu nzira zo kwerekeza mu ikipe ya Al-Nassr yo muri Saudi Arabia yiteguye kumuhemba miliyoni 200 z’amayero ku mwaka harimo umushahara,kwamamaza n’uduhimbazamusyi....
Ikipe y’Ububiligi yasezerewe mu gikombe cyisi itarenze amatsinda mu mukino yanganyijemo 0-0 na Croatia irangiza ku mwanya wa 3
Ikipe ya Roberto Martinez, yarangije ku mwanya wa gatatu mu...
Nkuko byagenze mu myaka 4 ishize,Ubudage bwongeye gusezererwa mu gikombe cy’isi butarenze amatsinda nyuma yo kwitwara nabi mu mukino ubanza n’Ubuyapani.
mu ijoro ridasanzwe mu gikombe...
Umushoramari Kakoza Nkuruza Charles ( KNC ) akaba na nyiri ikipe ya Gasogi United yavuze ko nubwo APR FC ari ikipe ifite amateka mu Rwanda ariko ubu nta bakinnyi bakanganye ifite ku buryo yakanga...
Umutoza Otto Addo yeguye ku gutoza ikipe y’igihugu ya Ghana nyuma y’uko isezerewe mu matsinda y’igikombe cy’isi.
Addo, w’imyaka 47, wahoze ari umukinnyi w’ikipe y’igihugu ya Ghana, mu kwezi kwa...
Rayon Sports yongeye kwisubiza umwanya wa mbere nyuma yo gutsinda bigoranye ikipe ya Bugesera FC igitego 1-0.
Ibifashijwemo na kizigenza wayo,Essomba Willy Onana ku munota wa 44, Rayon Sports...
Ikipe ya Arsenal izahabwa miliyoni 50 z’ama pound yo gukoresha mu kwiyubaka ku isoko ryo muri Mutarama.
Biravugwa ko iyi kipe ngo nta gahunda ifite yo kugura rutahizamu nubwo Gabriel Jesus...
Ikipe y’igihugu ya Brazil (Seleção) yanyagiye Koreya y’Epfo ibitego 4-1 ikatisha itike ya kimwe cya Kane mu gikombe cy’isi aho izahura na Croatia yo yatsinze Ubuyapani kuri penaliti 3-1.
Ikipe ya...
Umukinnyi wa filimi Priyanka Chopra Jonas yabwiye BBC 100 Women ko mu myaka 22 amaze muri ako kazi bwa mbere yahembwe umushahara ungana n’uwa mugenzi we w’umugabo muri filimi ya series arimo...