Mu bwiza cyangwa mu bubi , hari abantu b’ibyamamare bagiye bahinduka mu buryo budasanzwe ku miterere y’imibiri yabo, ibikorwa cyangwa n’ibindi nyuma y’imyaka runaka iba ishize. Aha rero twabateguriye...
Kuya 2 Nyakanga 2017 nibwo biteganyijwe ko umuhanzi Diamond Platnumz azataramira i Kigali afatanyije n’itsinda ryubatse amateka ku Isi muri muzika rya Morgan Heritage.
Diamond na Morgan Heritage...
Turi tariki ya 16 Kamena, ni umunsi w’167 mu minsi 365 igize uyu umwaka, iminsi 198 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugera ku musozo.
Bimwe mu byabaye kuri uyu munsi mu mateka
• 1779: Igihugu cya...
Umuraperi Gatsinzi Emery wamamaye nka Riderman uri mu bakomeye mu njyana ya Hip Hop hari abahanzi bagera kuri batatu aha amahirwe yo kwegukana irushanwa rya Prims Guma Guma Super Star iri kuba...
Umuririmbyi w’umunyempano Maniraruta Martin wamamanye nka Mani Martin aracyashenguwe n’urupfu rw’umubyeyi we witabye Imana mu myaka yatambutse. Uyu muhanzi yavuze ko nubwo iminsi yahita ariko...