Ciney uherutse kurongorwa , avuga ko mu bahanzi nyarwanda harimo abatinze gushaka ariko ngo benshi muri bo bamaze kubyara abana hanze, ngo Queen na Allioni cyangwa se Young Grace bakwiye...
Benshi mu bahanzikazi nyarwanda, bagiye bahinduka mu buryo bugaragara, kuburyo ubabonye uko basaga mu myaka yashize ukagereranya n’uko basigaye basa, ubona ko rwose hari itandukaniro. Hari...
Abakurikiranira umuziki hafi bemeza ko ubwiza”uburanga”bw’umukobwa biri mubigomba kumufasha mukuzamuka kwe muri muzika, uburanga aribwo bwiza bugararira ku maso butuma abasore cyangwa abagabo...
Ku munsi w’o kuwa kabiri tariki ya 02 Werurwe 2021 nibwo wari umunsi w’isabukuru y’amavuko y’umuhanzi Itahiwacu Bruce uzwi cyane ku mazina ya Bruce Melodie. Inshuti, abavandimwe, abahanzi bagenzi ba...
Bamwe mu basitari bo mu Rwanda bazamutse ku rwego rwiza aho bamwe bamaze no kwigurira imodoka bagendamo.Ni mu mafato yafashwe na Kigali Today ducyesha iyi nkuru aho bamwe mu bahanzi n’abakinnyi...
Bruce Melody yavuze ko kuva batangira iriya ndirimbo atigeze avugana na Zizou ndetse na nubu bataravugana gusa ngo ibyo yabakoreye n’ubuhemu kuko bari bamwizeye ko abahaye indirimbo...
Tmc wo muri Dream Boys yatutswe n’abafana be bamukurikiranira hafi kuri instagram nyuma yo kuvuga ko anenga imbuga nkoranyambaga zatumye ubusesenguzi bw’abantu baciriritse bujya...
Ubwo Miss Teta Sandra yari afunze mu mwaka wa 2017 hagize havugwa y’uko ashobora kuba yarasubiranye mu buryo bw’ibanga na Dereck wo mu itsinda rya Active.Ibi abantu babivugaga bashingiye ku kuba...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 8 Werurwe 2017, nibwo hemejwe abahanzi 10 bazahatana mu irushanwa ngarukamwaka rya Primus Guma Gum Super Star rigizwe n’ibitaramo bitanu aho kuba 17...