Polisi y’igihugu yatangaje ko abagenda kuri za moto barangariye ku matelefoni yabo ko baba bashyira ubuzima bwabo mu kaga ndetse ko bakwiriye kwibuka ko buhenze kurusha ikindi kintu icyo aricyo...
Umusenateri witwa Gédéon Gahungu wo mu Burundi uheruka gutaha iwe agasanga umugore we yicaranye n’umushyitsi w’umugabo mu nzu, agahita afata agafuni kari mu mu modoka ye akakabahondaguza...
Imodoka yabuze Feri yahitanye abantu batatu barimo abandi batandatu barakomereka mu murenge wa Gatenga mu mujyi wa Kigali ahazwi nko kwa Kamali ku munyinya, kuri uyu wa kabiri taliki ya 13...
Abakinnyi b’Abanyarwanda bakina umukino wo gusiganwa ku magare mu ikipe ya Benediction Excel Energy baraye bakomerekeye mu Gace ka Kabiri ka Tour de la RDC ubwo bari mu gikundi kinini bahanganira...
Umukobwa witwa Bazihira w’imyaka 19 y’amavuko, yafatiwe mu karere ka Rubavu mu murenge wa Gisenyi mu kagari ka Mbugangari afite udupfunyika 1230 tw’urumogi yari akuye muriRepubulika iharanira...
Ijambo ry’ Imana riboneka mu butumwa bwiza bwanditswe na Mariko mu gice cya cumi ku murongo wa mirongo ine na gatandatu (Mariko 10:46) ritubwira uko impumyi yitwa Baritoromayo yitwaye kugira ngo...
IFOTO:Internet
Hari byinshi mu buzima bibaho bikorwa n’abantu byerekana ko nta mutima wa kimuntu bafite, abasore 10 bakoze ibintu bibi cyane bafata umukobwa bamufungirana mu nzu bakajya...
Ndayisenga Valens ufite agahigo ko kuba ariwe munyarwanda wenyine watwaye Tour du Rwanda ubwo yari ku rwego rwa 2.2 mu mwaka wa 2014 na 2016,yavuze ko nta mahirwe menshi Abanyarwanda bafite yo...
Mu gihe habura icyumweru kimwe ngo Tour du Rwanda yo kuri 2.1 itangire,ikipe ya Benediction Excel Energy yatangaje abakinnyi 5 bazayihagararira muri iri rushanwa rizitabirwa n’amakipe yo ku rwego...
Polisi y’u Rwanda yakuye ho urujijo ku umumasayi byavuzwe ko yafashe azunguza yamushyira mu modoka ikanga kwaka.Mu minsi micye ishize mu mujyi wa Kigali humvikanye amakuru avuga ko Polisi yafashe...
Umunyamideli witwa Jasmine Lennard wamamaye mu marushanwa ya Big Brother yatangaje ko afite ibihamya bifatika yifuza guha abahagarariye Kathryn Mayorga ushinja Cristiano Ronaldo bakamushyira...
Umunyarwanda Areruya Joseph yakoze amateka yo kuba umukinnyi wa mbere muri Africa mu gusiganwa ku magare mu mwaka wa 2018,yigaranzura ibihangange birimo Daryl Impey ukomoka muri Africa y’Epfo...
Burya uko umukobwa yaba ameze kose ashobora gukunda na we agakundwa cyangwa se nakundwe; biterwa n’umubona uko amwiyumvamo. Gusa nk’uko bikunze kugaragara, hari ibintu biza ku isonga cyane kuburyo...
Umuyobozi w’Intara y’Amajyaruguru, Gatabazi Jean Marie Vianney yagereranyije abakozi ba Leta birengagiza umwanya wa siporo ya buri wa gatanu bagenewe na Leta, nk’imungu zimunga umutungo wa...
Mu karere ka Bugesera Igare ni igikoresho gicyenerwa mu buzima bwa buri munsi bw’abakobwa,kuko nko mu gihe cyo gushyingirwa umugore atababazwa n’uko agiye nta shakoshi afite cyangwa inkweto ariko...
Munyaneza Didier ukina umukino wo gusiganwa ku magare yongeye kwereka abanyarwanda ko atakiri umwana ubwo yegukanaga agace ka kabiri k’isiganwa ritegura ‘Tour du Rwanda 2018’ kavaga i Karongi...