Kapiteni FC Barcelona yirengagije ibyamubayeho mu minsi ishize muri Copa America we na bagenzi be muri Argentina, afata telefoni ahamagara ubuyobozi bw’iyi kipe ye abasaba gusinyisha vuba na...
Nyampinga Flora Umutoniwase yagaragaye ahatanira ikamba mu mwaka wa 2015.
Hari ababonye ubutumwa bumusezera cyane ko yerekeje muri Leta zunze ubumwe za America bakibeshya ko yaba yitabye Imana,...
Umuhanzi Manzi James uzwi cyane nka Humble_Jizzo, ubarizwa mu itsinda rya Urban Boys, kuri ubu arabarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za America aho yagiye kubw’impamvu zinyuranye zirimo n’iz’ibiruhuko...
Abakuriye Shampiyona ya Basketball muri America, ikunzwe kurusha izindi ku isi [NBA] batangaje ko imikino yose yari iteganyijwe isubitswe kuva kuwa gatatu nijoro (kuwa kane mu gitondo muri aka...
Umusore na mushiki we bagiye gushyingiranwa babane nk’umugabo n’umugore nyuma yimyaka irenga 10 babiharanira byaranze.Uyu muhungu na mushiki we muri leta ya New Jersey muri America batsinze...
Umuhanzi wamamaye muri Leta Zunze Ubumwe za America ,Jason Derulo we n’umukunzi we Jena Frumes bari mu byishimo byinshi nyuma yo kwibaruka imfura yabo...
Inkuru y’urukundo rwa Kanye West na Irina Shayk ruri kugarukwaho mu nkuru zitandukanye ziri kuvugwa cyane mu myidagaduro yo ku mugabane w’uburayi na Leta Zunze Ubumwe za America ,uyu mukobwa kandi...
Umuhanzi Humble Jizzo wamenyekanye mu itsinda rya Urban Boys yamaze amakenga abafana be bibazaga ko we n’umuryango we bimukiye muri America nyuma yo kwerekezayo ku wa 24 Nyakanga...
Umuvugizi wa Leta y’u Rwanda Yolande Makolo yavuze ko u Rwanda rwemeye ubusabe bwa Amerika bwo kwakira Abanyafaganisitani bashaka guhunga umutwe w’Abatalibani uherutse gufata...
Umuraperi w’umutinganyi Lil Nas X ugenzweho muri Reta Zunze Ubumwe za America yongeye guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga, nyuma y’aho yasohoye amafoto atandukanye atwite ateguza abakunzi be album...
Sandra Elyse Ishimwe Umunyarwandakazi utuye muri Leta zunze ubumwe za America ari mubakobwa bari guhatanira ikamba rya Miss Africa Arizona ritangirwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika;...
Umu Raperi Rick Ross umaze kubaka izina muri Leta zunzwe ubumwe za America ndetse no ku isi hose muri rusange mu kiganiro aherutse kugirana n’abanyamakuru yatangaje ko yihaye umuhigo wo kurira...
Carine Kanimba uri mu bakobwa ba Paul Rusesabagina ufungiwe mu Rwanda ku byaha by’Iterabwoba yahamijwe, yatangaje ko we n’umuryangowe bakiriwe ku ngoro ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America...
Umukinnyi wa Filim ku Rwego rw’Isi ukomoka mu Ubuhinde wamamaye nka Prianka Chopra mu ma film menshi atandukanye haba muri Bollywood yo mu buhinde ndetse na Hollywood yo muri Leta zunze ubumwe...
Umusore wari ufungiye muri gereza y’abagore y’ I New Jersey muri leta zunze ubumwe za America, yahakuwe igitaraganya nyuma yo kumenya ko yahatereyemo inda abagore...
Abapolisi batatu bagaragaye mu mashusho bakubita umuturage mu gihe cya ku muta muri yombi muri leta ya Arkansas muri America batangiye gukorwaho iperereza.