Muri Amerika hari kuvugwa inkuru itangaje aho umuyobozi w’umujyi wa Alton-Illinois muri Leta zunze ubumwe za Amerika, yabwiye abaturage ko yahaye Polisi itegeko ryo gusesa ibirori no gufata abantu...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru I Burayi ryamaze gutangaza ko igikombe gihuza amakipe y’ibihugu yo kuri uwo mugabane “Euro” cyamaze kwimurirwa mu mwaka wa 2021 kubera icyorezo cya Covid-19...
Buri gitondo saa kumi zurukerera I Dallas padiri Josh ajya mu miisa ya twibature amaze kunywa ikawa ye,agaterera ijisho kubana be aho baryamye yarangiza agasoma umugore we akamusezera agafata...
Igitaramo ‘Ikirenga mu Bahanzi’ ni igitaramo gishingiye ku guteza imbere umuco biciye ku bahanzi, aho hazashimirwa umuhanzi wamamaje umuco nyarwanda mu Rwanda ndetse no mu mahanga, kizajya kiba...
Ayanna Pressley umudepite mu nteko ishinga amategeko ya leta zunze ubumwe za Amerika yagaragaje ko nta musatsi na mucye agira ku mutwe kubera uburwayi buwuvanaho bwitwa...
Amagana y’abanya Irani biriwe mu mihanda ku munsi w’ejo mu murwa mukuru Tehran, bigaragambya mu rwego rwo kwerekana umujinya bafitiye abayobozi babo bise abanyabinyoma nyuma yo guhakana ko ari bo...
Igihugu cya Iran cyagaragaje ko cyiteguye kwinjira mu ntambara yeruye na Amerika nyuma y’aho kirasiye Missile zisaga 22 ku birindiro bibiri by’ingabo za Amerika muri Iraq mu rwego rwo kwihorera ku...
Nyuma y’aho perezida Trump yanditse kuri Twitter ye ko Iran niyibesha igatera ibirindiro bya Amerika bazasenya ibyayo 52,abajura bo kuri Internet bahise bashimuta Twitter y’ikigo cya US bashyiraho...
Umunya Jamaica Toni-Ann Singh niwe wegukanye ikamba rya Miss World 2019 ahigitse bagenzi be bari bamaze iminsi bahatana mu mujyi wa London mu Bwongereza hanabereye ibirori bya...
Mu gihe hari abafata ingendo zo mu kirere nk’ingendo zizewe ,hari aho zitwara ubuzima bw’abantu.Urugero ni mu gihugu cya Congo byemejwe nk’igihugu cyambere ku isi by’umwihariko muri Afrika cyaranzwe...
Perezida wa USA,Donald Trump arahura na minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’Uburusiya, Sergei Lavrov mu biganiro bikekwa ko bigamije gusasa inzobe ku mubano w’ibihugu byombi umaze igihe...
Birazwi ko buri muntu wese aba afite uruhande rwiza cyangwa ibimuranga ku mubiri we bidasanzwe, aba bantu banditswe hasi bafite uruhu rudasanzwe rutangaza abantu bababona mbese bisobanuye ko...
Sherrie Silver ni umuhimbyi w’imbyino wabigize umwuga guhera mu 2010 yamenyekanye cyane mu mashusho y’imbyino z’abahanzi bakomeye muri Africa no ku isi akagira inkomoko mu majyepfo y’u Rwanda mu...
Ubutunzi nk’imwe mu kingi z’ubuzima bwiza, abantu batuye isi bahora mu ntambara yo gushaka ubutunzi ndetse benshi muri iyi nkundura banahata ubuzima. Ese ni nde ibi wabiraze abatuye isi? Ese kuki...
Umuhanzikazi Kayigemera Sangwa Aline utoza itorero ryitwa ‘Intayoberana’ akaba ari umwe mubayobozi bajyanye n’iri torero mu marushanwa ya East Africa’s Got Talent yaberaga muri Kenya aho iri torero...
Umushumba w’Itorero Angilikani muri Paruwasi ya Remera, Pasiteri Antoine Rutayisire anenga cyane uburyo ababyeyi muri iki gihe batanga uburere budahwitse ku bana babo, ashimangira ko aribyo bituma...
Sherrie Silver umukobwa w’umunyarwandakazi umaze kuba icyamamare ku Isi mu kubyina imbyino zigezweho, yatewe ishema no guhura na Perezida Kagame inshuro zirenze imwe ahantu hatandukanye mu minsi...
Umusore w’Umwongereza witwa Jack Heslewood yatowe nk’umusore mwiza ku Isi mu marushanwa ya Mr World mu muhango wabereye muri The Smart Araneta Coliseum.