Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr Abdallah Utumatwishima, yavuze ko abantu bari kwiga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’ahandi bagomba guhora bazirikana ko u Rwanda rukeneye...
Uganda yanenze yivuye inyuma Amerika iherutse gutangaza ikurwaho rya VIZA ku bayobozi bayo,aho ivuga ko Leta ya Washington yagerageje gucengeza gahunda y’Ubutinganyi (LGBT) muri Afurika...
Uwahoze ari umudiplomate wa Leta zunze ubumwe za Amerika wabaye ambasaderi muri Bolivia yashinjwe kuba yari na maneko wa leta ya Cuba mu gihe kirenga imyaka...
Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika gitangaza ko abasirikare bacyo batanu bapfiriye mu mpanuka ya kajugujugu aho bari mu myitozo mu burasirazuba bw’ikiyaga Mediterane, ni hafi ya...
Umutegetsi wo muri Amerika yabwiye igitangazamakuru CBS, gikorana na BBC muri Amerika, ko umutegetsi wa Koreya ya Ruguru Kim Jong Un ateganya gukorera uruzinduko mu Burusiya muri uku kwezi guhura...
Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo kuri uyu wa kabiri ushize yunguranye ibitekerezo n’itsinda ry’abadepite b’Abanyamerika, bayobowe n’umurepubulikani, John James...
Inyandiko za Pentagon ziherutse gushyirwa ku karubanda BBC yabashije kubona, ziragaragaza ikiganiro hagati y’abayobozi bo mu rwego rwo hejuru bo muri Koreya y’Epfo ku bijyanye no kugurisha intwaro...
Leta zunze ubumwe za Amerika na Canada biri mu bihugu byakiraga abimukira benshi ku Isi byumvikanye guhagarika kwakira abasaba ubuhungiro baciye ku mipaka itemewe, nk’uko abategetsi...
Taiwan ivuga ko yagabye mu kirere cyayo indege z’intambara zo gutegeka indege 30 z’intambara z’Ubushinwa ngo zigende zive mu karere k’ubwirinzi bwo mu kirere ka Taiwan.
Ibi byabaye ku wa mbere, ni...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Joe Biden n’umugore we Jill Biden bunamiye inzirakarengane 10 ziherutse kwicwirwa mu gitero gishingiye ku irondaruhu.
Icyegeranyo cya Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’Amerika cyasohotse kuri uyu wa 13 mata 2022, cyashimye intambwe u Rwanda rwateye mu kurwanya Ruswa no gukurikirana abo biba byagaragaye ko...
Mu gihe isi yose ikomeje kwibaza ku kibazo cy’Uburusiya na Ukraine, Amerika ikomeje kugaragaza kudashira amakenga Uburusiya no kugaragaza ko ishobora kuba iri gushaka impamvu zaba nyirabayazana mu...
Perezida Joe Biden wa Amerika yasabye abanyamerika bose bakiri muri Ukraine kuva muri iki gihugu ako kanya kuko ibitero by’ingabo z’Uburusiya byugarije.
Biden yavuze ko ashobora kohereza ingabo...
Ubufaransa bwavuze ko buhamagaje ba ambasaderi babwo muri Amerika no muri Australia ngo bagirane ibiganiro, mu kwamagana amasezerano yo mu rwego rw’umutekano arimo...
Perezida Joe Biden wa Leta zunze ubumwe za Amerika yakuyeho itegeko ribuza Amerika gufasha imiryango mpuzamahanga ifasha ikora cyangwa itanga inama ku gukuramo...