Umutoza Jose Mourinho w’ikipe ya Manchester United yituye hasi ubwo yari ageze ku kibuga cya Wembley agiye kureba umukino Espagne yatsinze Ubwongereza ibiteg...
U Rwanda ni igihugu gito kiri mu nzira y’amajyambere ariko kirimo kwihuta mu iterambere kibikesha ubuyobozi bwiza. ‘Kwigira no kwihesha agaciro’ ni imvugo buri Munyarwanda amaze kumva inshuro...
Umutoza w’ikipe ya Manchester United Jose Mourinho yatangaje amagambo yakuye umutima abakunzi ba Manchester United ubwo yavugaga ko nta bakinnyi bo gukoresha mu mwaka w’imikino utaha afite ndetse...
Umukinnyi N’golo Kante ukinira Chelsea hagati,yasekeje benshi kubera ukuntu yari yambaye mu bukwe bwa mugenzi we Cesc Fabregas aho yri yashyizemo ikabutura n’inkweto za siporo mu gihe abandi...
Nubwo uyu mwaka itatwaye igikombe na kimwe,Manchester United niyo kipe ya mbere muri ruhago ihenze kurusha andi makipe ku isi aho yigaranzuye Real Madrid na FC Barcelona zimaze kuba ubukombe mu...
Abafana b’Ubudage bibasiriye umukinnyi wabo Mesut Ozil nyuma y’umukino iki gihugu cyatsinzwemo na Koreya y’Epfo kigasezererwa rugikubita mu gikombe cy’isi kandi ari cyo cyatwaye igikombe...
Mu mukino wafunguye imikino y’igikombe cy’isi kiri kuba ku nshuro ya 21,Uburusiya bwacyakiriye bunyagiye Saudi Arabia mu mukino ufungura ibitego 5-0 kuri stade Luzhniki yo mu mujyi wa...
Kuri uyu wa Kane nibwo haratangira imikino y’Igikombe cy’isi 2018,aho ikipe y’Uburusiya yakiriye iki gikombe irahura na Saudi Arabia ku kibuga cya Luzhniki giherereye mu mujyi wa...
Muneza Christopher uri mu bahanzi icumi bari guhatanira Primus Guma Guma Super Star yagiranye ikiganiro n’abakoresha urubuga rwa Facebook maze bamubaza inshuro yasambaniye adakoresheje...
Abakunzi b’ikipe y’Ubudage batunguwe no kuba mu rutonde rw’abakinnyi 23 umutoza Joachim Low azakoresha mu gikombe cy’isi mu Burusiya,hatarimo Leroy Sane witwaye neza mu ikipe ya Manchester City uyu...
Mu gihe u Rwanda rurimo gushyira imbaraga mu guteza imbere ubukeragendo Perezida Paul Kagame yahuye na Ellen DeGeneres na Portia De Rossi bari mu Rwanda mu biruhuko no kureba aho Ellen azubaka...
Rutahizamu Alexis Sanchez yatangaje ko imikinire ya Jose Mourinho yamugoye kuva yagera mu ikipe ya Manchester United mu kwezi kwa mbere ndetse byatumye atigaragariza abakunzi b’iyi kipe nkuko bari...
Ikipe ya Atletico Madrid niyo yegukanye UEFA Europa League y’uyu mwaka kuko itsinze Olympique de Marseille (OM) ibitego 3-0 ku mukino wa nyuma wabereye kuri stade ya Groupama mu mugi wa Lyon mu...
Makanyaga Abdul uzwi cyane mu ndirimbo za Karahanyuze nka “Rubanda ntibakakoshye”, “Nshatse inshuti” n’izindi yabaye umukinnyi w’umupira w’amaguru mu ikipe ya Kiyovu...
Abakinnyi b’ikipe ya Manchester City nibo biganje mu ikipe y’umwaka mu Bwongereza,nyuma yo kwegukana igikombe cya shampiyona hasigaye imikino 5 yose ngo shampiyona irangire aho ifitemo abakinnyi 5...
Ikipe ya Manchester United iri mu rugamba rutoroshye rwo gushaka umukinnyi ugomba kubafasha mu kibuga hagati agafatanya na Paul Pogba dore ko Micheal Carrick wari umaze imyaka myinshi muri iyi...
Abatoza b’ikipe ya Manchester United butewe ubwoba n’imyitwarire ya Alexis Sanchez ukomeje kwigunga muri iyi kipe ndetse nta bushake bwo kugirana ubushuti n’abandi afite.
Uyu munya Chile w’imyaka...
Amakipe 2 y’ibigugu yatwaye ibikombe bya shampiyona mu mwaka ushize Chelsea yatwaye premier League na Real Madrid yatwaye La Liga na UEFA Champions League zongeye gutakaza amanota kuri uyu wa...
Icyamamare mu mupira w’amaguru George Weah giheruka gutorerwa kuyobora Liberia,cyatumiye umutoza w’ikipe ya Arsenal Arsene Wenger kuzaza mu birori byo kurahirira kuyobora iki gihugu nka perezida...
Umukinnyi w’ikipe ya Liverpool Alex Oxlade Chamberlain n’umukunzi we Perrie Edwards bashyize hanze amafoto yaciye ibintu hirya no hino bari mu byishimo kuri noheli .
Uyu mukinnyi uherutse kuva...
Umukinnyi Paul Pogba yasibye imyitozo kubera ibitotsi atungurwa no gukangurwa n’abayobozi b’ikipe ya Manchester United ubwo imyitozo yari irangiye.
Nyuma yo gutsinda ikipe ya Arsenal ibitego...
Umukinnyi Jesse Lingard ukina nka rutahizamu mu ikipe ya Manchester United ari kuvugwa cyane mu bitangazamakuru kubera amafoto y’umukunzi we Jena Frumes yagiye hanze ndetse biravugwa ko yaje...
Umukinnyi Paul Pogba ukina hagati mu ikipe ya Manchester United Paul Pogba ashobora gufatirwa ibihano bikarishye n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Bwongereza FA nyuma yo guhabwa ikarita...