Rutahizamu kabuhariwe wa FC Barcelona Lionel Messi Lionel Messi yaraye akoze agahigo ko kuba umukinnyi wa mbere mu mateka ya ruhago utsinze mu marushanwa ya Champions League 15 yikurikanya mu...
Rutahizamu wa PSG,Neymar Jr, umaze iminsi mu mvune yatumye benshi bacika ururondogoro kubera uburanga bw’umukobwa yasohokanye mu mujyi wa Barcelona bikekwa ko ariwe bari mu rukundo nyuma yo...
Ba rutahizamu babiri ba Rayon Sports Jules Ulimwengu na Michael Sarpong bari baragiye mu igeragezwa mu gihugu cy’u Bushinwa bagiye kugaruka mu Rwanda bakinire Gikundiro imikino yo kwishyura ya...
Mu mukino w’ishyaka ryinshi no kwitanga gukomeye,ikipe ya Real Madrid yakiriye umukeba FC Barcelona wari uyoboye shampiyona ya La Liga imutsinda ibitego...
Kapiteni wa Real Madrid,Sergio Ramos,yasubije myugariro wa FC Barcelona witwa Gerard Pique wavuze ko kuva yatangira umupira aribwo bwa mbere aribwo bwa mbere abonye Real Madrid ikina nabi cyane...
Ishyamba s’iryeru mu ikipe ya FC Barcelona yatsikiye kuwa Gatandatu w’icyumweru gishize ikanganya ibitego 2-2 na Celta Vigo hanyuma abakinnyi b’iyi kipe bagashinja umutoza wabo Quique Setien...
Ibinyamakuru byo mu gihugu cya Espagne byaramutse bitangaza ko ikipe ya FC Barcelona yamaze kumvikana n’umutoza w’igihugu cy’Ubuholandi Ronald Koeman kugira ngo asimbure Quique Setien uherutse...
Rutahizamu Cristiano Ronaldo yaraye atsinze ibitego 2 mu mukino ikipe ye ya Juventus yanganyije na AS Roma ibitego 2-2,byatumye uyu munya Portugal akora akandi gahigo...
Ku ya 21 Ukwakira 1833, umwana w’umuhungu yavukiye mu muryango uherereye I Stockholm muri Suwede’ umuhanga, uzwi cyane, umuvumbuzi , umucuruzi akaba ari nawe washyizeho ibihembo bya Nobel. Se yari...
MTV Base televiziyo irimuzikunzwe cyane ndetse inakurikirwa n’abakunzi b’imyidagaduro muri Afurika, yashyize hanze urutonde rw’abahanzi bakoze neza mu mwaka wa 2020, hagomba gutoranywamo abazahabwa...
Ibinyamakuru bitandukanye bikomeje kugaragaza ko Juventus yifuje kugarura Paul Pogba kuva kera kuko ngo mu mpeshyi ishize yahaye Manchester United abakinnyi babiri barimo Miralem Pjanic na...
Abiga igisirikare (cadets) babarirwa muri za mirongo bo ku ishuri rikomeye rya West Point muri Amerika barakopeye mu kizamini , nkuko abategetsi babivuga.
Ni kumwe mu gukopera gukomeye kubayeho...
Rutahizamu wa Juventus, Cristiano Ronaldo,yamaze kuba uwa mbere ku isi umaze gutsinda ibitego byinshi mu mikino izwi na FIFA aho yaraye atsinze igitego cya 760 mu mukino ikipe ye yatsinzemo...
Komisiyo y’Amatora mu ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda,FERWAFA,yemeje kandidature za Rurangirwa Louis na Mugabo Nizeyimana Olivier bombi bahatanira kuyobora iri...
Kuri iki cyumweru nibwo habaye inteko rusange ya FERWAFA,iberamo amatora ya Perezida w’iri shyirahamwe aho abakandida bari 2 mbere y’amatora ariko ku munota wa nyuma Rurangirwa Louis ahagarika...
MUGABO Nizeyimana Olivier yatorewe kuyobora Komite Nyobozi ya FERWAFA ku bwiganze busesuye bw’amajwi 52 kuri 59 y’abitabiriye aya matora yabereye kuri Lemigo...
Abahanzi Juno Kizigenza na Ariel Wayz bari kuzamuka neza mu muziki nyarwanda bari bamaze iminsi bavugwa mu rukundo ariko bigatera benshi gushidikanya gusa amafoto yagiye hanze bari kumwe yatumye...
Abanyamakuru babiri bari bakunzwe kuri RBA Mbabazi Fiona na Bienvenue Redemptus basezeye nyuma y’igihe kinini bakorera iki kigo cy’Igihugu y’Itangazamakuru.
Umugabo wo muri Brazil yashakanye n’abagore icyenda mu byo yise ibirori by "urukundo rwigenga" n’imyigaragambyo yo kwamagana itegeko ryo gushaka umugore umwe.
Ikinyamakuru Daily Star cyatangaje...
Umugore wabwiwe ko afite ’amahirwe make cyane yo gusama mu buryo busanzwe’ yahishuye uburyo yabaye mama-wabana batatu mu mwaka umwe gusa, nyuma yo kwakira impanga zisa nyuma y’iminsi ibiri umukobwa...
Tekereza akanya gato ku nzu yanyu, ku hantu ukunda kurusha ahandi ku isi.
N’uburyo bigoye gutekereza ko aho hantu hashobora kuva ku butaka bw’isi burundu. Bisa n’ibidashoboka.
Gusa ku baturage...
Indege ya Boeing 737-800 ya kompanyi yitwa China Eastern Airlines yakoze impanuka igwa mu mpinga y’umusozi i Tengxian, muri Guangxi, irimo abagenzi 132, nk’uko byatangajwe na CCTV.
Yahanukiye...
Ubutabera bw’u Bufaransa bukeka ko abantu batandukanye bo mu muryango wa Bongo, uhereye kuri Omar Bongo ukagera ku muhungu we Ali Bongo, usigaye ari Perezida wa Gabon ubu, hamwe n’umukobwa we...