Mu guhugu cya Kenya umudepite witwa Zuleika Hassan wari umwe mu bahagarariye abagore yasohowe mu ngoro y’inteko ishinga amategeko nyuma y’uko aje mu kazi ari kumwe n’uruhinja rwe rw’amezi...
Rurashonga wa mugani wa Kitoko Bibarwa! Imyaka itatu yari ishize umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Sano Olivier yunze ubumwe n’umukobwa ubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika,...
U Rwanda ni kimwe mu bihugu bya Afurika byatumiwe mu nama izahuza abakuru b’ibihugu birindwi bikize kurusha ibindi ku isi (G7) iteganyijwe kubera mu mujyi wa Biarritz mu Bufaransa mu mpera z’uku...
Mino Raiola ushinzwe gushakira Paul pogba amakipe yatangaje ko umukiriya we atifuza kuguma mu ikipe ya Manchester united ndetse ngo iyi kipe ikwiriye kumureka akigendera muri iyi mpeshyi nta...
Debbie Rowe, umugore wa kabiri wa nyakwigendera Michael Jackson yatangaje ko atigeze aryamana n’ umugabo we wari icyamamare mu njyana ya Pop nubwo babyaranye abana...
Umunsi ukurikira Noheli, (Boxing Day) ni umunsi ufatwa nk’ikiruhuko mu bihugu byinshi cyane cyane ibikoresha icyongereza, mu gisobanuro cy’inkomoko yawo uyu ni umunsi wo gutanga impano ku bakene...
Umuganga ufite agahigo ko kugira ibishushanyo (tattoos) byinshi kurusha abandi ku isi, Dr Sarah Gray w’imyaka 30 yatangaje ko akomeje kwibasirwa na bamwe mu bantu batamukunda kuko hari igihe...
Mu ijambo yagejeje ku bitabiriye inama y’ ibihugu 20 bya mbere bikize ku Isi, Perezida w’ u Rwanda akaba n’ Umuyobozi wa Afurika yunze ubumwe Paul Kagame yeretse ibi bihugu ko bikwiye guha umwanya...
Mu gihugu cy’ u Bufaransa kuri uyu wa Gatanu tariki 23 Ugushyingo 2018, batoye itegeko ryongera amande akagera ku mayero 200 ku muntu wese ufashwe anyway...
Umugabo witwa Ryan James w’imyaka 31 ukora akazi ko kuryamana n’abagore batishimiye uko abagabo babo batera akabariro ndetse n’abapfakazi (umupfubuzi),yavuze ko benshi mu bagore yasambanyije...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 3 Ugushyingo 2018, muri Philipine habareye finali y’irushanwa rya Nyampinga w’ibidukikije, Miss Earth 2018, ikamba ryegukanwa na Phuong Khanh Nguyen wo muri Vietnam...
Abagabo batatu bambaye masks bafashwe na camera za CCTV bari kugerageza kwinjira mu nzu ya David Beckham banyuze mu idirishya,hitabazwa polisi kugira ngo...
Umunyamideli Victoria Beckham w’imyaka 44 usanzwe ari umugore w’uwahoze ari umukinnyi w’icyamamare David Beckham, ngo yamaze iminsi 2 arira cyane nyuma yo kumva ibyo uyu mugabo we aherutse...
Umukinnyi wa filimi wakunzwe na benshi mu batuye isi,yavuze ko umugore we Grace Jones uzwi muri muzika, yajyaga amutungura aryamye akamuzanira abagore bagera kuri 5 kugira ngo abasambanye bose...