Rutahizamu wa Juventus,Cristiano Ronaldo yakoze benshi ku mutima kubera umwanzuro yafashe wo kugabanya umushahara we wo hejuru mu rwego rwo gufasha ikipe ye ya Juventus imerewe nabi kubera...
Kapiteni w’ibihe byose wa Liverpool,Steven Gerrard usigaye ari umutoza w’ikipe ya Rangers,yavuze ko mu ikipe y’abakinnyi 11 b’ibihe byose yahuye nabo atashyiramo Cristiano Ronaldo ngo kuko adakinana...
Ku nshuro ya 21 hagiye kuba igikombe cy’isi cy’umupira w’amaguru kigiye kubera mu Burusiya aho amakipe 32 yamaze gutangaza abakinnyi 23 azakoresha ndetse na nimero...
Myugariro Sergio Ramos usanzwe ari Kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Espagne, yaciye agahigo ko kuba umukinnyi wa mbere uyikiniye imikino myinshi mu mateka yayo, mu mukino wo gushaka itike y’igikombe...
Umunya Portugal Cristiano Ronaldo ukinira Real Madrid niwe wegukanye igihembo cya Ballon d’Or cy’uyu mwaka nyuma yo kwigaranzura kabuhariwe Lionel Messi na Neymar bari bahatanye cyane.
Uyu munya...
Umutoza Massimiliano Allegri w’ikipe ya Juventus irakira Tottenham uyu munsi mu mikino ya 1/8 cya UEFA Champions League ,yavuze ko rutahizamu Harry Kane ataragera ku rwego rwa rutahizamu we...
Umukunzi wa Cristiano Ronaldo witwa Georgina Rodriguez yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga no mu binyamakuru kubera amafoto agaragaza uburanga bwe yashyize hanze nyuma yo kugarukwaho na...
Amakipe atandukanye yaraye yiyubatse ku munsi wa nyuma w’isoko ryo kugura no kugurisha abakinnyi aho PSG yaguze ku munota wa nyuma Mauro Icardi na Keylor Navas mu gihe Falcao yavuye muri Monaco...
Hamaze kumenyekana uko amakipe azahura mu mikino ya ¼ cya UEFA Champions League aho ikipe ya Real Madrid itomboye Juventus bahuye ku mukino wa nyuma wa Champions League mu kwezi kwa Kamena uyu...
Rutahizamu Neymar Jr wa PSG ukomeje kuvugwa cyane mu binyamakuru,ashobora kutazerekeza mu ikipe ya FC Barcelona nkuko byavugwaga ariyo mpamvu se umubyara yagaragaye mu mujyi wa Turin agiye...
Ku kibuga Juventus Arena mu Butaliyani niho abakunzi ba ruhago bahanze amaso aho harabera umukino ubanza wa ¼ cya UEFA Champions League urahuza amakipe yageze ku mukino wa nyuma w’umwaka ushize...
Mu ijoro ryakeye nibwo ikipe ya Juventus yashyikirijwe igikombe cya Serie A yatwaye ku nshuro ya 8 muyikurikiranya mu birori byitabiriwe n’umuryango wa Cristiano Ronaldo ndetse na Aaron...
Kuri uyu wa Kabiri,nibwo hatangira imikino y’amatsinda ya UEFA Champions League 2018/2019 aho amakipe yose uko ari 31 agiye kurwana urugamba rwo guhagarika Real Madrid imaze imyaka 3 yarigaruriye...