Turi tariki ya 05 Nyakanga ni umunsi w’186 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 179 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu bintu bikuru mu byaranze tariki ya 05 mu mateka.
1295:...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri uyu wa 30 Ugushyingo 2016 yitabiriye inama idasanzwe y’ abakuru b’ ibihugu bigize umuryango uhuza ibihugu by’ Afurika yo hagati ECCAS.
Muri iyi nama abakuru...
Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki ya 08 Mutarama 2017, nibwo byamenyekanye ko Zacharie Noah wari se w’umuhanzi Yannick Noah yitabye Imana azize urupfu rutunguranye.
Zacharie Noah wari...
Ikipe ya Sunrise ni umwe mu makipe yari yitezwe kuba yahanganira igikombe cya shampiyona uyu mwaka w’imikino, dore ko yari yanabigaragaje itsinda imikino yayo 3 ya mbere. Yaje kugongwa n’ikibazo...
Jimmy Mulisa umutoza w’ikipe ya APR FC Azi neza ko ikibuga bazakiniraho n’ikipe ya Zanaco FC mu mikino nyafurika ari kibi, ariko ibyo bitagomba kuba urwitwazo rwo gutsindwa kuko batazagikiniraho...
Nzamwita Vincent de Gaule Perezida wa Ferwafa
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) Nzamwita Vincent De Gaulle ari ku rutonde rw’abatoye Issa Hayatou waje no gutsindwa...
Ikipe y’igihugu y’umukino wa Basketball imaze kubona itike y’igikombe cya Afurika ’AfroBasket’ giteganyijwe mu kwezi kwa Kanama.
Amakipe 14 niyo yari yamenyekanye ko azitabira iri rushanwa rya...
muhanzi ukomeye ku isi uzwi nka Jason Derulo ukora injyana ya POP na RnB ukunzwe cyane muri iyi minsi kubera indirimbo iri kubica bigacika yitwa Swalla agiye kugaruka kumugabane w’Afurika mugihugu...
Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru Amavubi irahaguruka kuri uyu wa Gatanu yerekeza muri Central Africa Republic (CAR) gukina umukino wo gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’Afurika kizabera...
Ikipe ya Cote d’Ivoire nyuma yo gusezererwa mu matsinda y’igikombe cy’Afurika giheruka kubera muri Gabon yatangiye nabi mu marushanwa yo gushaka itike ya CAN 2019 aho yatsindiwe mu rugo na Guinea...
Ikipe y’igihugu mu mupira w’amaguru y’ u Rwanda yongeye gutsindwa umukino mpuzamahanga kuri iki cyumweru ubwo yatsindwaga na Centrafrika ibitego 2-0 mu mikino yo gushaka itike yo kwerekeza mu...
Amagambo akomeje kuvugwa n’abantu benshi batandukanye, aragaruka cyane ku kuba Bruce Melody atarabashije kugaragara ku rutonde rw’abahanzi ny’Afurika bazaririmbana na Jason Derulo, bibaza bati: Ese...
Nkuko byatangajwe ni umutoza w’ikipe y’igihugu ya Chile Juan Antonio Pizzi, kizigenza w’iyi kipe Alexis Sanchez n’umunyezamu wabo wa mbere Claudio Bravo bashobora kutagaragara ku mukino wo kuri iki...
Umusore Cristiano Ronaldo yaraye afashije ikipe ya Portugal kugera mu mikino ya kimwe cya Kabiri cya FIFA Confederations cup nyuma y’aho bayinyagiye ibitego 4-0 aho yatangaje ko biteguye gutwara...