Umunyezamu wa Rayon Sports,Kwizera Olivier,n’abandi 7 bareganwa bagejejwe imbere y’urukiko kuri uyu wa mbere aho bakurikiranyweho icyaha cyo gukoresha ibiyobyabwenge.
Perezida Evariste Ndayishimiye waraye ageze i Kinshasa, uyu munsi aragirana ibiganiro na mugenzi we Félix Tshisekedi wa DR Congo mu ruzinduko yamutumiyemo.
Samia Suluhu Hassan ni perezida wa gatandatu wa Tanzania, na perezida wa mbere w’umugore wa Tanzania. Mu mezi ane gusa ku butegetsi hari ibigaragara yahinduye, ahanini ku cyorezo cya Covid-19 no...
Ikipe y’u Rwanda ya Basketball mu gikombe cya Africa ku wa mbere izakina n’iya Guinée kugira ngo zishakemo ikomeza muri kimwe cya kane cy’irangiza.
Ni nyuma y’uko mu ijoro ryo ku wa gatandatu ikipe...
Minisitiri w’ingabo w’Ubufaransa Florence Parly yaburiye Mali kwirinda kugirana amasezerano na kompanyi icunga umutekano yo mu Burusiya.
Hashize igihe hari amakuru yuko abasirikare bari ku...
Col Mamady Doumbouya, umusirikare ukiri mu muto mu myaka ufite impano yo kuyobokwa na bagenzi be, ku wa gatanu yarahiriye kuba Perezida w’inzibacyuho wa Guinea hadashize n’ukwezi ayoboye abahiritse...
Umukinnyi Rafael York ukina mu kibuga hagati asatira izamu ntabwo azagaragara mu mukino u Rwanda ruzakirwamo na Kenya kuri iki Cyumweru, tariki ya 14 Ugushyingo 2021, nyuma y’uko yasize bagenzi be...
Umukinnyi Rafael York ukinira u Rwanda hagati mu kibuga ariko asatira,yatangaje ko yavuye mu ikipe y’igihugu igomba gukina na Kenya kubera ko inshuti ye ya hafi...
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi Papa Francis azasura Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DR Congo) na Sudani y’Epfo mu kwezi kwa karindwi, nk’uko byemejwe n’abamuhagarariye.
Ettore...
Ishami ry’Umuryago w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS) ryatangaje ko kugeza kuri uyu wa Gatandatu tariki 21 Gicurasi, abantu 92 bari bamaze kwandura virus ya monkeypox mu bihugu 12 hirya no hino ku...
Mu nama y’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma bihuriye mu Muryango w’Ubukungu w’Akarere ka Afurika yo Hagati, Perezida Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo yavuze ko yifuza ko umubano w’Igihugu cye n’u...
Umunyamabanga ushinzwe ububanyi n’amahanga wa Amerika yavuze ko Washington “itazategeka” amahitamo Africa ikwiye gufata kandi “nta n’undi ukwiye kubikora”.
Antony Blinken yagize ati: “Ibihugu bya...
Mu nama rusange y’Umuryango w’Abibumbye(ONU/UN) Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yavuze ko ‘umukino wo gushinjanya udakemura ibibazo’ ubwo yasaga nk’usubiza ibyavuzwe mbere na mugenzi we wa DR Congo....
Uwahoze ari guverineri w’akarere ka Luhansk muri Ukraine ubu uri mu buhungiro avuga ko abasirikare ba Ukraine barashe ku cyicaro gikuru cy’itsinda Wagner ry’abacanshuro b’Abarusiya.
Serhiy Haidai...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa Kane zafatiye ibihano Wagner, umutwe w’abacancuro wo mu Burusiya bivugwa ko uri gufasha Ingabo za Congo Kinshasa (FARDC) mu mirwano zihanganyemo n’umutwe wa...
Papa Francis yageze muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo kuri uyu wa kabiri, 31 Mutarama ari muri Airbus A350 ya ITA Airways.
Iyi ndege yageze i N’djili saa munani n’igice,nyuma y’amasaha 6:50...
Umutoza wungirije wa APR FC, Jamel Eddine Neffati,yahawe umutuku mu mukino iyi kipe yanganyije na Gasogi United kuri Stade ya Bugesera FC 0-0.
Umutoza wungirije wa APR FC, Umunya-Tunisia, Jamel...
Mu myaka myinshi ishize, u Rwanda rwasuwe n’abayobozi bakomeye ku isi batandukanye gusa hari ingendo zahasize urwibutso n’amateka akomeye nk’urwa Valéry René Marie Georges Giscard d’Estaing w’u...
Mu gihe hatarashira icyumweru hamenyekanye ko repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo yaguze indege enye z’intambara, hatarashira kabiri, andi makuru avuga ko imwe muri izi ndege yakoze impanuka...
Umutwe w’abacancuro wa Wagner Group watangaje ko ugiye kohereza muri Afurika abarwanyi bawo bari bamaze umwaka urenga bafasha Ingabo z’u Burusiya mu ntambara zirimo muri...