Amakipe yo mu Bwongereza yitwaye neza mu mikino ibanza ya ½ cya UEFA Europa League,kuko Arsenal yari yakiriye Valencia,iyitsinda ibitego 3-1,mu gihe Chelsea yanganyije igitego 1-1 na Eintracht...
Ikipe ya Chelsea yamaze kumvikana na Juventus ku mafaranga igomba guhabwa, kugira ngo umutoza Maurizio Sarri ayivemo yerekeza muri iyi kipe yo mu Butaliyani.
Umutoza mushya wa Juventus, Maurizio Sarri, arifuza gusahura ikipe ya Chelsea FC abakinnyi bayo babiri bakomeye barimo uwo bita umuhungu we Jorginho ndetse na myugariro wari utangiye kuzamura...
Ikipe ya Real Madrid itarabasha kwiyubaka ku rwego umutoza wayo Zinedine Zidane yifuza,irashaka kugura umukinnyi wa 3 mu ikipe ya Chelsea witwa N’golo Kante kugira ngo abafashe kuziba icyuho mu...
Umunya Nigeria ukina Hagati mu kibuga,John Obi Mikel yatangaje ko mu bakinnyi bose bakinannye muri Chelsea FC,uwari umunebwe cyane mu myitozo ari Eden Hazard usigaye akinira ikipe ya Real...
Ikipe ya Chelsea FC,niyo yahize izindi mu kwita ku batishoboye no gutera inkunga ibikorwa by’urukundo bitandukanye hirya no hino ku isi,cyane ko yashoye akayabo ka miliyoni 7.5 z’amapawundi mu...
Polisi yo muri Kenya mu gace ka Makueni iri gukora iperereza ku kibazo cy’uko umugabo bivugwa ko yiyahuye igihe yari mu nzu y’umukunzi we ubwo yari amaze kureba umukino wa Man...
Rutahizamu wa Chelsea uri mu bihe byiza cyane Christian Pulisic yabwiye bagenzi be bakinana ko kuri uyu wa Gatandatu ubwo baraba bakina umukino wa nyuma wa FA Cup,bagenzi be bakwiriye kwitondera...
Umutoza wa Chelsea FC,Frank Lampard yatangaje ko ibyo umutoza wa Liverpool,Jurgen Klopp aherutse gutangaza ko ikipe ye ifite amahirwe menshi yo kwegukana igikombe atari byo kuko ngo afite...
Umutoza wa Tottenham,Jose Mourinho yahishuye ko ubwo yirukanwaga muri Chelsea mu mwaka wa 2015 atavuye ku kibuga cy’iyi kipe nkuko bisanzwe ahubwo yasohotse ari muri boot y’imodoka y’umwe mu bari...
Umutoza mushya wa Chelsea,Thomas Tuchel yatangaje ko mu gihe gito amaze mu ikipe yatangajwe n’ukuntu umunya Croatia,Matteo Kovacic yitanga cyane mu myitozo ndetse yemeza ko ngo niyo yahamagara...
Ikipe ya Chelsea FC yihesheje icyubahiro itsinda Atletico Madrid igitego 1-0 mu mukino ubanza wa 1/16 cy’irangiza cya UEFA Champions League mu gihe Bayern Munich yanyagiriye Lazio mu rugo ibitego...
Umutoza wa Chelsea,Thomas Tuchel,yaraye agaragaye ari gutonganya rutahizamu we amuhora ko yamutegetse gukina ibumoso we yarangiza akajya kwikinira iburyo ndetse akahamara iminota...
Umutoza wa Chelsea, Thomas Tuchel,yaraye afashije iyi kipe kugera muri ½ cy’irangiza cya UEFA Champions League nyuma y’imyaka 7 itahagera yavuze ko abagize umuryango we ukunda cyane umukinnyi...
Ntabwo umuherwe Roman Abramovich aracika intege zo gushakira Chelsea rutahizamu uri ku rwego rwo hejuru ariyo mpamvu yemeye gutanga miliyoni 120 z’amapawundi kuri Romelu Lukaku wigeze gukinira iyi...
Amakuru aravuga ko Chelsea yamaze kumvikana amasezerano y’igihe kirekire na myugariro wa Sevilla FC witwa Jules Kounde kugira ngo imusimbuze myugariro Antonio Rudiger wanze kongera amasezerano...
Kuri uyu wa kane, guverinoma ya U.K yafatiriye imitungo wa nyir’ikipe y’umupira w’amaguru ya Chelsea, Roman Abramovich ukomoka mu gihugu cy’Uburusiyakubera ubushuti bukomeye afitanye na Perezida...
Umuherwe ufite ikirombe cy’amabuye y’agaciro muri Ghana yashyize ahagaragara gahunda ye yo kugura Chelsea - hanyuma agahita asinyisha Cristiano Ronaldo na Lionel Messi.
Bernard Antwi Boasiako...
Umutoza wa Arsenal Mikel Arteta avuga ko "atabaniye" rutahizamu Eddie Nketiah, nyuma yuko afashije ikipe ye gutungura Chelsea ikayitsinda ibitego 4-2 mu mukino shampiyona w’umunsi wa 32...
Umuherwe Todd Boehly yamaze kuba nyiri Chelsea nyuma yo gutangazwa ku mugaragaro uyu munsi ko yatsinze abo bapiganaga 250 kugira ngo bagure iyi kipe.
The Blues yemeje ko ihuriro riyobowe n’uyu...
Ikipe ya Chelsea iri mu biganiro bya nyuma na City kugira ngo yegukane Raheem Sterling.Ibi bibaye nyuma y’aho uyu musore yumvikanye na Chelsea ku byerekeye ibyo izamu ubwo azaba yayerekejemo....
Ikipe ya Chelsea yamaze kubona umukinnyi Raheem Sterling wakinaga muri Manchester City mu gihe FC Barcelona nayo yatangaje ko yamaze kubona umunya Brazil,Raphinha yari imaze iminsi yirukaho....
Ikipe ya Chelsea yatangiye guhiga hasi hejuru ishaka abakinnyi bashya aho yatangiye kureshya abakinnyi 3 barimo 2 bafite aho bahuriye n’ikipe ya Manchester City zihanganye muri Premier League....
Abayobozi ba Chelsea barimo kurebana ay’ingwe bapfa umutoza wayo Graham Potter kuko bamwe bashaka ko yirukanwa abandi bakaba bamuryamyeho.
Ahazaza ha Bwana Potter hateje ikibazo kuri Stamford...
Umwe mu baherwe baguze Chelsea, Todd Boehly, yatuwe umujinya n’abafana bari barakaye ubwo ikipe yabo yari imaze gutsindwa na Brighton ibitego 2-1.
Kuri uyu wa gatandatu,ikipe ya Chelsea...
Ikipe ya Chelsea ikomeje kujya ahabi nyuma yo gutsindwa imikino itanu yikurikiranya kandi muri uyu mwaka w’imikino yarashoye miliyoni 600 z’amapawundi mu kugura abakinnyi.
Iyi kipe yaraye...
Umutoza Mauricio Pochettino uri hafi kwerekeza mu ikipe ya Chelsea nyuma yo kugirana ibiganiro n’abayobozi b’iyi kipe,yasabye ko agurirwa abakinnyi babiri ba Brentford ndetse n’umukinnyi mushya wo...
Amakipe akomeye mu Bwongereza Manchester City na Chelsea afite ubwoba ko ashobora kumanurwa mu cyiciro cya kabiri kubera amakosa akomeye yakoze yo kwica Financial Fair...
Umugore wa Thiago Silva ukinira Chelsea ariwe Isabelle da Silva, yasabye impinduka muri iyi kipe bahahiramo, zirimo no kwirukana umutoza wayo Mauricio...