Ku isaha ya saa munani i Kigali hari saa mbili z’ijoro mu gihugu cya Philippines ahamaze kumenyekana umukobwa wabaye Miss Earth 2017.Uwase Hirwa Honorine wamamaye nka Igisabo wari waserukiye u...
Ikipe ya Argentine yaraye ihuye n’uruva gusenya aho yanganyije na Peru mu rugo 0-0 bituma amahirwe ye yo kubona itike yo kwerekeza mu mikino y nyuma y’igikombe cy’isi agerwa ku mashyi mu gihe ikipe...
Amakuru aturuka I Vatican aravuga ko indege itwara umushumba mukuru wa kiliziya gatorika ku Isi Papa Francis kuri ubu uri mu ruzinduko rw’ iminsi itanu mu gihugu cya Colombia yahinduye amayira...
Neteo umwe mu bantu batandatu gusa barokotse impanuka y’indege yari itwaye abakinnyi b’ ikipe ya Chapecoense FC yo muri Brazil, yaguyemo abantu 76 mu mpera z’ukwezi gushize, yari ari gusoma umurongo...
Mu bakinnyi bamaze kwiruka ibirometero byinshi mu gikombe cy’isi ku mwanya wa mbere turasangamo umukinnyi Cristiano Ronaldo , Luis Advincula, Kyle Walker , Jesse Lingard, Dani Carvajal...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 3 Ugushyingo 2018, muri Philipine habareye finali y’irushanwa rya Nyampinga w’ibidukikije, Miss Earth 2018, ikamba ryegukanwa na Phuong Khanh Nguyen wo muri Vietnam...
Abakinnyi 4 b’ikipe yitwa Palmas yo mu cyiciro cya 4 na perezida wayo baguye mu mpanuka y’indege bari bateze bagiye gukina umukino w’igikombe cy’igihugu wagombaga kuba kuri uyu wa...
Kapiteni wa Argentina,Lionel Messi waraye agejeje Argentina ku mukino wa nyuma wa Copa America uyu mwaka,yavuze ko bazi ubushobozi bwa Brazil ndetse na kizigenza wayo Neymar Jr bityo bazahangana...
• Bimwe mu bihangange byitezwe muri Tour du Rwanda uyu mwaka
•Abakinnyi 10 bahabwa amahirwe yo kuvamo uwegukana Tour du Rwanda 2017
• Tour du Rwanda izatangira ku munsi w’ejo taliki ya 12 Ugushyingo...
Umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, Nzamwita Vincent de Gaulle yafashe mu mugongo Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Brezil nyuma y’aho ikipe ya Associação...
Umukinnyi wabigize umwuga mu mukino wo gusiganwa ku magare witwa Oscar Sevilla ukomoka muri Espagne ariko akaba atuye muri Colombia,yatezwe n’abajura ubwo yari mu myitozo bamwambura igare rye...
Leta zunze ubumwe za Amerika ndetse na bimwe mu bihugu by’ibikomerezwa ku isi byashyizwe ku rutonde rw’ibihugu bifite abantu benshi batazi ibyerekeranye n’umuco ndetse na sosiyete ubwabo...
Ikipe y’igihugu ya Senegal yakuye igisuzuguriro ku mugabane w’Afurika mu gikombe cy’isi cy’uyu mwaka kuko yatsinze ikipe ya Pologne ibitego 2-1, mu mukino wo mu itsinda H,mu gihe Misiri yo ibaye...
Senegal ibuze gato ngo ibone itike yo kwerekeza mu mikino ya 1/16 cy’igikombe cy’isi kuko Ubuyapani buyishyuye igitego cya kabiri yari yatsinze banganya ibitego 2-2 mu mukino wo mu itsinda...
Rutahizamu Harry Kane abafana b’Ubwongereza bose bahanze amaso mu mukino w’uyu munsi barahuramo na Sweden yavuze ko barakora ibishoboka byose bagatuma abafana babo bishima muri uyu...
Ushobora kuba ujya wibaza uko abandi bantu imibonano mpuzabitsina ibagendekera, iyi nkuru igiye kugutembereza mu bihugu bitandukanye tureba uko bakora imibonano mpuzabitsina, agaciro bayiha ,...
Kiliziya gatolika mu Gihugu cya Espagne ivuga ko yirukanye umupadiri wo mu mujyi wa Medina-Sidonia kubera ko basanze atarigeze ahabwa ubupadiri Alabama yabikoraga mu buryo bwa magendu nubwo yari...
Barack Obama wahoze ayobora leta zunze ubumwe za Amerika, yasobanuye ko kuba ikipe y’igihugu ya Argentine yarananiwe gutwara igikombe cy’isi kandi ifite Messi ufatwa nk’umukinnyi wa mbere ku isi...
Umukinnyi wo gusiganwa ku magare wa Benediction Ignite na Team Rwanda, Areruya Joseph, yasezeranye kuri iki Cyumweru na Uwera Josephine, umukobwa w’inzozi...