Mpayimana Filipe na Dr Frank Habineza batumiwe mu muhango w’irahira rya Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame riteganyijwe kuri uyu wa Gatanu tariki 18 Kanama 2017 kuri sitade Amahoro I Remera.
Aba...
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Ngoma mu karere ka Nyaruguru bavuga ko kuba amashyaka atavugarumwe n’ ubutegetsi yaratsindiye imyanya mu nteko y’ u Rwanda ari demukarasi ariko abandi basanga...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 04 Kanama 2017, Abanyarwanda baramukiye mu gikorwa cyo gutora Perezida wa Repubulika y’u Rwanda muri manda y’imyaka ndwi. Ni mu gihe hanze y’Igihugu baraye batoreye mu...
Depite Frank Habineza yatorewe kuba Umuvugizi Ihuriro ry’Imitwe ya Politiki mu Rwanda mu gihe nta minsi 4 irashira atorewe kuba visi Perezida wa Komisiyo y’ Imibereho Myiza mu mutwe w’...
Umuyobozi w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije,Democratic Green Party of Rwanda,Dr Frank Habineza yavuze ko adashyigikiye ibiherutse gu tangazwa na Perezida wa Repubulika Paul...
Umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika Dr Frank Habineza uzahagarira ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda DGPR yasezeranyije abatuye mu karere ka Nyamasheko ko...