Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwahamije Rumanzi David watozaga Academy ya Paris Saint-Germain mu Rwanda n’Umucamanza muri urwo rukiko, Eric Twambajimana, icyaha cyo gukoresha inyandiko...
Nyirasenge wa Miss Naomie Kelly Madla yamaze gusohora integuza y’ubukwe bwe na David Nsengiyumva uherutse kwambikwa ipeti rya Sous Lieutenenant mu Gisirikare ry’Ubwami bw’u Bwongereza n’icyo mu...
Perezida wa Leta zuzne ubumwe za Amerika Donald Trump yahagaritse inama yagombaga kuzahuza ibihugu 7 by’ ibihangange ku Isi (G7), ikabera ku kigo kitiriwe David kitwa (Camp David) nk’uko ibiro bya...
Umunya Espagne ukinira ikipe ya Team Novo Nordisk yo muri Amerika niwe wegukanye agace ka karindwi ka Tour du Rwanda kavaga Musanze kerekeza I Kigali ku ntera y’ibirometero 107 na metero 500 asize...
Umukinnyi Marco Asensio aherutse kwibasira umunyezamu wa Manchester United ubwo baheruka guhura mu mikino ya ICC,amwita Karius izina muri iyi minsi riri guhabwa umunyezamu w’umuswa utakoze akazi...
Iradukunda Michele, umunyamakuru kuri Televiziyo y’u Rwanda na Magic FM yakorewe ibirori bya Bridal Shower mu gihe yitegura gukora ubukwe n’umukunzi we David Humud.
Iradukunda Michele,...
Nyirasenge wa Miss Naomie uzwi ku izina rya Uwineza Kelly mu itsinda rya Mäckenzies, yasezeranye mu mategeko n’umukunzi we 2nd Lt David Nsengiyumva bamaze igihe mu munyenga w’urukundo mu birori...
Intambara mu myitozo ya Arsenal ikomeje gufata indi ntera kuko kuwa Gatanu uheruka habaye intambara ikomeye ya David Luiz wakubise Dani Ceballos amuvusha amaraso mu mazuru amuziza gushaka...
Abanyarwanda bo muri Diaspora baturutse mu bihugu bitandukanye bavuze ko ishyaka RNC ritavuga rumwe na Leta y’u Rwanda rifatanyije na David Himbara wahunze igihugu, bafite umugambi wo gusenya iri...
Ariana Grande uri mu bahanzi bakomeye ku Isi, yatandukanye na Pete Davidson bari bamaze amezi atanu bambikanye impeta ihamya urukundo rwabo rwaganishaga ku kubana nk’umugore...
Umusore witwa Davide Iovinella wakinaga mu cyiciro cya kane mu Butaliyani mu ikipe ya ASD Calcio Pomigliano yahisemo kureka ruhago yigira gukina filimi z’urukozasoni (porn)kubera ko yahembwaga...
Kuri iki cyumweru tariki ya 31 Ukuboza, 2017 mu gihugu cya Uganda habereye amasengesho yamaze umunsi wose asoza umwaka wa 2017 by’umwihariko bibanda ku banyepolitiki batishimiye icyemezo cyafashwe...
Umugabo w’imyaka 33 witwa David Saunders ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza yazabiranyijwe n’uburakari ubwo uwahoze ari umukunzi we yamwohererezaga amafoto ari gusambana n’undi musore niko gufata...
Umutoza w’ikipe ya Manchester United Jose Mourinho yasingije umunyezamu we David De Gea wamufashije gutsinda Arsenal ibitego 3-1,mu mukino yakuyemo imipira myinshi yagombaga kuba yabyaye ibitego....
Umushumba mukuru w’Itorero Abacunguwe ( Redeemed Gospel Church ) mu Rwanda Bishop Rugagi Innocent yahawe impano y’imodoka yo mu bwoko bwa Benz Classic C220 mbere y’uko agaruka mu Rwanda...
Perezida w’ urukiko rw’ ikirenga muri Kenya David Maraga ku wa Kane tariki 31 Kanama yahawe miliyoni 500 z’ amashilingi ya Kenya arazanga, bukeye atangaza ko ibyavuye mu matora ya Perezida wa Kenya...
Miss Iradukunda Michele, umunyamakuru kuri Televiziyo y’u Rwanda na Magic FM yarushinga n’umukunzi we David bamaranye imyaka itandatu mu myenga w’urukundo.
Ubukwe bw’aba bombi bwabereye mu Ntara...
Barafinda Sekikubo Fred, umwe mu bashatse kwiyamamariza umwanya wa Perezida wa Repubulika, yasabye umukandida yatoye kuzakuraho imisoro ku mazu, imisoro ku butaka no kubacuruzi.
Barafinda...
Umuhanzi Bruce Melodie niwe uyoboye abahanzi b’Abanyarwanda kuri ubu nyumayo gukora amateka yo kuba umuhanzi Nyarwanda wa mbere utsindiye Trace Awards.
Kuri uyu wa gatatu, ku rukiko rwibanze rwa Nyarugenge hari hateganijwe kubera urubanza kw’ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo mu rubanza ubushinjacyaha buregamo Ngabo Richard [Kevin Kade] na Habimana...
Ikipe ya Real Madrid yatangiye gutegura umwaka w’imikino utaha nyuma yo kugura myugariro w’umunya Autriche witwa David Alaba ukinira ikipe ya Bayern Munich muri iki gihe ariko akaba yararangije...
Kuwa Gatandatu tariki ya 10 na 13 Ukwakira 2020, ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwijwe amakuru n’uwitwa David Beylard na Lisette Lisa Mongendu avuga ko igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika...
Ku wa Kane tariki ya 17 Nzeri 2020, Umuyobozi w’ishami rya ONU rishinzwe ibiribwa ku Isi (PAM), David Beasley yasabye abaherwe batunze za miliyari kugira umutima utabara abantu miliyoni 30 avuga...
Uwunganira Paul Rusesabagina witwa Me Rugaza David yatangaje ko yasabiye umukiliya we kuba yakurikiranwa adafunzwe kubera impamvu zirimo uburwayi amaranye igihe, ndetse no kuba ari “umuntu mwiza”...