Mu mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 2 Werurwe 2018 nibwo umuhanzi Davido yasesekaye i Kigali gukora igitaramo kiri mu by’uruhererekane yise ’30 Billion Africa Tour 2018’ amaze iminsi...
Umuhanzi David Adedeji Adeleke [Davido], ukomoka mu gihugu cya Nigeria agiye kwibaruka umwana wa kabiri n’umukunzi we w’igihe kirekire utuye mu mujyi wa Atlanta.
Uyu mukunzi wa Davido afite...
Mu kiganiro gishya cya ABTalks yatangaje ukuntu yicuza kuba yarigeze kugira ibibazo n’umugore we avuga ko yakabaye yarahosheje ibibazo mu bundi buryo aho gutuma bigera ku rugero byagezeho....
Umuhanzi David Adedeji Adeleke ukomeye cyane mu muziki nyagurika by’umwihariko mu gihugu cya Nigeria ari byishimo nyuma y’uko umukunzi we, Chioma Avril akize icyorezo cya COVID-19 yari...
Mbabazi Shadia wamampaye ku kabyiniro ka Shadboo umwe mu bakobwa bo mu Rwanda bakomeje gutigisa imbuga nkoranyambaga kubera amafoto akunze gushyira hanze yashyize hanze ifoto ari kumwe na Davido...
Umuhanzi David Adedeji Adeleke uzwi nka Davido ukomoka muri Nigeria yageze i Kigali yitabiriye igitaramo kizabera kuri Stade Amahoro i Remera kuri uyu wa Gatandatu, tariki 3 Werurwe 2018....
Ubwo umuhanzi Davido yizihizaga isabukuru y’amavuko, yasabye abakunzi be kumuha amafaranga,nabo biva inyuma mu minsi 3 gusa uyu muririmbyi wo muri Nijeriya yakira amadorari ya Amerika 500.000....
Umuhanzi Davido wageze mu Rwanda Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu taliki ya 2 Werurwe 2018. Yasuye ishuri ry’ abana biga ibijyanye na muzika ku Nyundo.
Nkuko byari byaramaze gutangazwa ko Davido...
Umuhanzi Davido utegerejwe mu mujyi wa Kigali mu gitaramo kiswe “30 Billion Africa Tour 2018” azasesekara mu Rwanda kuri uyu wa Gatanu .
David Adedeji Adeleke uzwi ku izina rya Davido umuhanzi...
Leta ya Nigeria yahagaritse zimwe mu ndirimbo ziri guca ibintu muri iyi minsi ku mugabane wa Africa z’abahanzi nka Davido, Olamide na 9ice, izishinjwa gusakaza umuco w’ubusambanyi, kwigisha abantu...
The Ben ukorera umuziki we muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Meddy, Urban Boys na Dj Phil Peter bashyizwe ku rutonde rw’abahatanira ibihembo bya African Entertainment Awards USA.
The Ben ari...
Ibyamamare muri muzika y’afurika barimo bakomeye David Adedeji Adeleke [Davido], Naseeb Abdul Juma Issack [Diamond Platnumz] na Tiwatope Savage [Tiwa Savage] bategerejwe i Kigali aho bazaririmba...
Umunyamideli ukomeye hano mu Rwanda Bashabe Catherine abinyujije kuri Facebook yavuze ko ibyo abantu bacyetse atariko biri nkuko byagaragajwe mu mashusho.
Yagize ati “Mbabazwa bikomeye n’ukuntu...