Umutoza wa Manchester United, Erik ten Hag, avuga ko "arahangana" na Cristiano Ronaldo uyu munsi,nyuma y’uko uyu mugabo wabanje ku ntebe y’abasimbura ntakoreshwe mu mukino, arakaye agataha umukino...
Perezida Paul Kagame yageze i London mu Bwongereza, aho yitabiriye umuhango wo gutabariza Umwamikazi Elizabeth II uherutse gutanga. Ni umuhango uzaba kuri uyu wa Mbere tariki 19 Nzeri 2022....
Gutabarizwa (kushyingurwa) kw’Umwamikazi kwo ku wa mbere kwitezwe kuba kumwe mu guterana kwa mbere kunini cyane kw’abami n’abanyapolitiki kubayeho mu Bwongereza mu myaka ibarirwa muri za mirongo...
Umwamikazi Elizabeth II, wari urambye ku ngoma kurusha abandi mu mateka y’Ubwongereza, yatangiye I Balmoral ku myaka 96, nyuma yo kumara ku ngoma imyaka 70.
Elizabeth II watanze kuri uyu wa Kane...
Kuri uyu wa gatandatu, Manchester United irakina na Atletico Madrid mu mukino wa gicuti urabera mu mujyi wa Oslo, muri Norway,mu rwego rwo kwitegura gutangira shampiyona ya Premier League.
Iyi...
Raporo yakozwe n’Ihuriro Mpuzamahanga ry’Ubukungu (WEF) yashyize u Rwanda ku mwanya wa gatandatu ku Isi n’uwa mbere muri Afurika yo Munsi y’Ubutayu bwa Sahara mu bihugu byashyize imbere ihame...
Abakinnyi ba Arsenal y’abagore batunguranye ubwo bahuzaga urugwiro n’abana bo mu Murenge wa Gataraga mu Karere ka Musanze, bagakina ‘karere’ bari bafite.
Ku wa 5 Nyakanga 2022, ni bwo aba bakinnyi...
Ikipe ya Yanga SC yo muri Tanzania yatangaje ko yasinyishije amasezerano y’imyaka 2,Umurundi Bigirimana Gaël,wakiniye Newcastle United yo mu cyiciro cya mbere mu Bwongereza (2012–2016)
Bigirimana...
Abakinnyi ba Arsenal y’Abagore barimo Caitlin Foord, Jordan Nobbs, Jen Beattie na Katie McCabe bari mu Rwanda muri gahunda ya #VisitRwanda, basuye ibice bitandukanye by’igihugu birimo na Pariki...
Uyu munsi, Boris Johnson aregura ku mwanya wo kuba umukuru w’ishyaka,Conservative,ariko akomeze kuba minisitiri w’intebe w’Ubwongereza kugeza mu muhindo.Ibi byatewe n’igitutu cy’abagize guverinoma...
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 5 Nyakanga 2022, Visit Rwanda ibinyujije ku rukuta rwayo rwa Twitter yatangaje ko abakinnyi 4 b’ikipe ya Arsenal y’abagore basuye u Rwanda.
Aba bakobwa 4 bazwi cyane...
Perezida wa Turukiya yongeye kuvuga ko adashyigikiye ko Finland na Suède (Sweden) byinjira mu muryango w’ubwirinzi bwa gisirikare bw’Uburayi n’Amerika (OTAN/NATO) - nyuma y’amasaha ibyo bihugu bivuze...
Kizigenza Cristiano Ronaldo yabwiye bagenzi be ko ashaka kuguma muri Manchester United ariko bizaterwa n’icyemezo cy’umutoza wayo mushya,Umuholandi, Erik Ten Hag aramushaka.
Uyu mukinnyi...
Abahagarariye abakozi mu Burundi bavuga ko uyu munsi mpuzamahanga wahariwe akazi n’abakozi ugeze benshi mu bakozi bo mu Burundi badashobora kurangiza ukwezi bagihaha.
Urugaga rw’amashyirahamwe...
Umunyamakuru wa Royal Fm Baker Samuel BYANSI ,ukunzwe cyane mu kiganiro ‘Face of Nation’ uherutse guca amarenga kubibera mu rushanwa rya Miss Rwanda , asaba abakobwa bitabira umwiherero kwitinyuka...
Ikipe ya REG Basketball Club ihagarariye u Rwanda mu irushanwa rya Basketball Africa League,yatangiye neza itsinda umukino wayo wa mbere kuri iki cyumweru ikipe ya AS Salé yo muri Maroc.
Muri...
Umuhanzi w’icyamamare muri muzika wo muri Nigeriya,wanegukanye Grammy Award, Burna Boy yakoze impanuka ari muri Ferrari ye,Imana ikinga ukuboko.
Uyu muhanzi yemeje iby’impanuka ye ku cyumweru...
Raporo nshya y’ibihugu bifite ubwiza nyaburanga ku isi yashyize Tanzania ku mwanya wa 4 mu bihugu byiza ku isi n’amanota 6.90 ku icumi mu gihe na Kenya yaje mu bihugu 10 bya mbere byiza ku isi....
Mukansanga Salima wakoze amateka yo kuba umugore wa mbere, usifuye imikino ya nyuma y’igikombe cy’Afurika mu bagabo,yageze mu Rwanda aho yakiriwe ku kibuga cy’indege n’umunyamabanga w’ishyirahamwe...
Ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo Bounce (usebounce.com) bwashyize u Rwanda ku mwanya wa gatandatu mu bihugu bitekanye ku Isi by’umwihariko ku bagenzi bagenda ari bonyine (solo travellers).
U...
Mu gihe irushanwa ryo gushakisha nyampinga w’Isi 2021 ririmbanyije , Miss Ingabire Grace uhagarariye u Rwanda muri iri rushanwa ntiyabashije kuboneka mu bakobwa 10 bahize abandi mu bwiza bufite...
Depite wo muri New Zealand (Nouvelle-Zélande) yanyonze igare ari ku bise kuri iki cyumweru ajya ku bitaro, abyara hashize isaha imwe gusa agezeyo.
Julie Anne Genter nyuma yaho yatangaje kuri...