Umukinnyi Ander Herrera ukina hagati mu ikipe ya Manchester United yasabiwe gufungwa igifungo cy’imyaka 4 ndetse no guhagarikwa imyaka 6 mu mupira w’amaguru, kubera kugurisha imikino ubwo yakinaga...
Nyina wa Luis Rubiales, Angeles Bejar, yifungiye mu rusengero rwo muri Esipanye kandi atangaza ko agiye kwiyicisha inzara yamagana ibikorwa yise ibya kinyamaswa byakorewe umuhungu we wari uyoboye...
Indege ya Perezida w’u Burundi yo mu bwoko bwa Gulf Stream 4 yaheze ku kibuga cy’indege i Madrid muri Espagne, aho yagiye gukoreshwa ariko bikagaragara ko ifite ibibazo bitahita bikira.
Mu 2016...
Urukiko rw’i Barcelona muri Espagne rwatanze uruhushya rwo gukora isuzuma ku murambo wa José Eduardo dos Santos wahoze ari Perezida wa Angola, kugira ngo hamenyekane icyamwishe.
Ku wa gatanu ni...
Umuyobozi w’ umugi wa Barcelona yatangaje ko abantu 460 bakomerekeye mu myigaragambyo yakurikiye iburizwamo ry’ itora rya kamarampaka ku bwigenge bw’ intara ya catalogne ishaka kwiyomora ku gihugu...
Abakinnyi ba FC Barcelona na Real Madrid ntabwo bari gukora imyitozo begeranye mu ikipe y’igihugu kubera uburakari bwaturutse ku mukino wo ku Cyumweru.
Ku cyumweru nibwo biriya bigugu byombi...
Nkuko byagenze mu myaka 4 ishize,Ubudage bwongeye gusezererwa mu gikombe cy’isi butarenze amatsinda nyuma yo kwitwara nabi mu mukino ubanza n’Ubuyapani.
mu ijoro ridasanzwe mu gikombe...
Ikipe ya FC Barcelona na Atletico Madrid zaraye zisezerewe mu matsinda ya UEFA Champions League zerekeza muri Europa League nyuma yo kunanirwa gutsinda imikino zakinnye.
Amahirwe ya Barcelona...
Ikipe y’Igihugu "Amavubi U23" ari mu gihugu cya Mali aho arindiwe umutekano n’ibifaru by’ingabo za Espagne zibarizwa mu muryango w’ubumwe bw’uburayi, ziri mu butumwa bw’amahoro muri Mali.
Ibyo bifau...
Umunyabigwi wa FC Barcelona n’ikipe y’igihugu ya Espagne,Xavi Hernandez yavuze ko ikipe ya Espagne ikwiriye kunengwa kubera umwanzuro wafashwe wo kudahamagara umukinnyi n’umwe ukina muri Real...
Manchester City yegukanye igikombe cya gatatu cya Premier League mu myaka ine ishize nyuma yuko mucyeba Manchester United bagihataniraga bya hafi atsinzwe na Leicester...
Ubu ni ubwa mbere Lionel Messi atsinze ibitego bicye cyane muri La Liga amaze gukina kuva mu 2008-2009, nubwo ari we watsinze ibya mbere byinshi uyu mwaka.
Umukinnyi Marco Asensio aherutse kwibasira umunyezamu wa Manchester United ubwo baheruka guhura mu mikino ya ICC,amwita Karius izina muri iyi minsi riri guhabwa umunyezamu w’umuswa utakoze akazi...
Ikipe ya Real Madrid yamaze gutangaza ko umunya Espagne Julen Lopetegui utoza ikipe y’igihugu,ariwe uzasimbura Zinedine Zidane igikombe cy’isi nikirangira.
Umukinnyi witwa Pelayo Novo ukinira ikipe ya Albacete yo mu cyiciro cya 3 muri Espagne yahanutse mu igorofa rya 3 rya hoteli bari bacumbitsemo bitegura umukino wa shampiyona, ahita ajyanwa...
Birashoboka ko na n’ubu aho Malia Obama w’imyaka 18 na Mama we bari biruhutsa iyo bibutse uko umuyaga wabahuhiye imyambaro hafi no kubambura ubusa ubwo bari bari kumanuka muri Air Force bari...
Umunya Kenya Micheal Olunga w’imyaka 23 uzwi cyane mu ikipe ya Gor Mahia ubwo yafatanyaga ku busatirizi n’umunyarwanda Kagere Meddie yaraye yerekeje mu ikipe ya Girona FC iherutse kuzamuka mu...
Ikipe ya Real Madrid yegukanye igikombe cya 34 cya La liga nyuma yo gutsinda ikipe ya Villareal ibitego 2-1 ku mukino w’umunsi wa 37 wa shampiyona mu gihe mukeba FC Barcelona yatsinzwe na Osasuna...
Xavi Hernandez wamenyekanye cyane mu ikipe ya Barcelona n’umugore we Nuria Cunillera batanze inkunga ya miliyoni y’amadolari ku bitaro bivurirwamo abanduye virusi ya corona biri mu mujyi wa...
Kapiteni wa Real Madrid n’ikipe y’igihugu ya Espagne Sergio Ramos yibereye ku mazi aho ari kwiyibagiza ibyamubayeho mu Burusiya ubwo we na bagenzi be bakinana muri Espagne basezerewe rugikubita...