Ikipe ya Atletico Madrid yamaze gutanga ikirego muri FIFA irega ikipe ya FC Barcelona kwegera umukinnyi wayo Antoine Griezmann kugira ngo azayisinyire amasezerano mu mpeshyi y’umwaka utaha, ibintu...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi FIFA rimaze gutangaza abakinnyi 24 bazatoranywamo uwahize abandi mu mwaka w’imikino ushize, urutonde rwiganjemo abakinnyi b’ikipe ya Real Madrid ....
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi (FIFA) ryashyizeho ibihano n’amande ku bihugu bitandukanye. Aba bose barazira imyitwarire mibi bagize mu mikino yo gushaka itike yo gukina igikombe cy’isi...
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi FIFA ihagaritse igihugu cya Mali mu amatushanwa yose nyuma y’uko leta y’iki gihugu yivanze mu ibikorwa bya ruhago.
FIFA nyiyemera igihugu icyo ari cyo...
Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ejo hashize yahuye na Perezida wa FIFA Gianni Infantino ndetse anasura inzu ndangamurage y’Umupira w’Amaguru ku Isi i Zurich mu Busuwisi.
Nyuma yo gusura iyo nzu...
Abatoza bahoze batoza Rayon Sports barimo Jorge Paixiao na Masudi Djuma biravugwa ko bamaze kugeza ibirego muri FIFA bayishyuze akayabo nyuma yo kubirukana.
Amakuru aravuga ko aba bagabo babiri...
Umunya Portugal,Daniel Faria yemereye Radio B&B FM UMWEZI ko yamaze kwishyurwa umwenda wose Rayon Sports yari imubereyemo.
Ibi bije nyuma y’aho ikipe ya Rayon Sports yari yangiwe...
Lionel Messi ayoboye urutonde rw’abakinnyi 14 batoranyijwe na Fifa ngo bahatanire igihembo cya The Best gusa kizigenza Cristiano Ronaldo ntabwo yigeze agaragara mu rutonde.
Amakipe 7 ku isi niyo...
Umukinnyi wa BAYERN MUNICH, Robert Lewandowski, yatowe nk’umukinnyi wa FIFA witwaye neza kurusha abandi bose ku isi mu bagabo mu mwaka w’imikino ushize.
Uyu mugabo w’imyaka 33 y’amavuko yatsinze...
Ikipe ya Brazil yaraye yegukanye umudali wa zahabu nyuma yo gutsinda Espagne ibitego 2-1 mu mukino wa nyuma w’Iimikino Olempike yaberaga mu mujyi wa Tokyo mu Buyapani ariko umukinnyi wayo...
Rwemarika Felicite wajuririye ibyavuye mu matora ya FERWAFA yabaye ku I taliki ya 30 Ukuboza 2017 ubwo yatsindwaga n’imfabusa kandi zitabarwa,ashobora kurenganurwa na FIFA mu gihe FERWAFA...
Umufaransa ukinira ikipe ya Manchester United, Paul Pogba atangaza ko abona uyu mwaka Zlatan Ibramovic bakinana ari we ukwiye kwegukana igihembo cy’umukinnyi mwiza ku isi gitangwa na FIFA.
Iki...
Perezida w’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi ’FIFA’, Gianni Infantino uri bugere mu Rwanda ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu mu ruzinduko rw’iminsi ibiri, arihita ajya kureba umukino...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi, FIFA ryahagaritse ikipe ya Al Nassr yo muri Arabie Saoudite kugura abakinnyi kubera umwenda ibereyemo Leicester City yo mu Bwongereza.
Iyi kipe yafatiwe...
Kizigenza mu mupira w’amaguru,Lionel Messi ukinira Paris Saint-Germain ntiyigeze aha ijwi na rimwe mugenzi we bakinana Kylian Mbappe kuko yatoye inshuti ye Neymar na Karim Benzema mu bihembo...
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi,FIFA yakuyeho ibihano yari yafatiye Rayon Sports nyuma y’uko iyi kipe yishyuye ibihumbi 3700 by’amadolari Daniel Ferreira Faria wahoze ari umutoza wayo...
Umunya Croatia Luka Modric yatunguye benshi ubwo yavugaga ko atarajwe ishinga no kwegukana ibihembo bye ku giti cye,ko icyo yifuza ari ugukomeza gufasha Real Madrid gutegeka amakipe ku mugabane...
Umunya Ghana Kevin Prince Boateng ukinira ikipe ya Eintracht Frankfurt yagiriye inama FIFA yo gukoresha ikoranabuhanga ry’amashusho mu kuvumbura abafite irondaruhu ndetse bagahita bahagarikwa ku...
Ikipe y’igihugu Amavubi ntiyigeze izamuka cyangwa se ngo imanuke ku rutonde ngarukakwezi rwa FIFA rwasohotse kuri uyu munsi aho yongeye kuza ku mwanya wa 118 ku isi n’amanota 268 nkuko byagenze...
Ikipe y’igihugu Amavubi yazamutse ku rutonde ngarukakwezi rw’ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi FIFA umwanya umwe aho yaje ku mwanya wa 127 ku rutonde rushya rwasohotse kuri uyu wa kane taliki...