FERWAFA yamaze kwandikira Mukura VS iyimenyesha ko icyifuzo cyayo cy’uko umukino ifitanye na Rayon Sports kuwa Gatanu taliki ya 22 Gashyantare 2019 wakwimurwa ugashyirwa kuwa Gatandatu ko...
Brigadier General Sekamana Jean Damascene niwe utorewe kuyobora ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA atsinze Rurangirwa Louis ku majwi 45 kuri 7 mu gihe habonetse imfabusa 1....
Ishyamba si iryeru mu ikipe ya Esperance FC ikina shampiyona y’icyiciro cya kabiriaho abayobozi bayo bashwanye bari gupfa uzabahagararira mu matora ya perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryamaze kwigiza imbere imikino myinshi irimo umukino uhuruza abantu benshi mu Rwanda uhuza APR FC na Rayon Sports iwukura mu kwezi kwa mbere...
Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA yatangaje ko ku kuwa kane taliki ya 26 Ukwakira 2017,aribwo ubuyobozi bwa FERWAFA buzahura na Rayon Sports ndetse na AZAM kugira ngo...
Ishyirahamwe ry’ umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryemeye ubusabe bwa FIFA bwo kwigiza inyuma itariki y’amatora ya Perezida wa FERWAFA yari ateganyijwe muri Nzeli tariki ya 10 uyu mwaka.
Ni...
Ikipe ya AS Kigali n’umutoza wayo Eric Nshimiyimana biteguye gusaba ibisobanuro FERWAFA igihe cyose baba babwiwe gusubiramo umukino bateyemo mpaga ikipe ya Pepiniere kandi baragiye ku kibuga...
Ubuyobozi bw’ikipe ya Amagaju FC bwateye utwatsi iby’iyimurwa ry’umukino w’umunsi wa 22 bafitanye Rayon Sports kuwa Gatatu tariki ya 5 Mata 2017 saa 15:30’ ugashyirwa kuri uyu munsi n’ubundi saa...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda,FERWAFA,ryavuze ko abakinnyi b’amakipe mato y’abagore ya Inyemera na Rambura WFC batangiye koroherwa bagasezererwa nyuma yo gukubitwa n’inkuba kuri uyu wa...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA ryamenyesheje Intare FC ko ubusabe bwayo bwo gutera mpaga ikipe ya Rayon Sports,nta shingiro bufite.
Intare FC yari yandikiye FERWAFA isaba ko...
Nyuma y’ibiganiro na FERWAFA ikipe ya rayon Sports yemeye gusubira mu gikombe cy’amahoro nyuma yo kucyivanamo kubera ibyo yise akajagari k’imitegurire ya komisiyo ishinzwe amarushanwa ya FERWAFA....
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko abakozi ba FERWAFA bari bafunzwe bakurikiranyweho ibyaha bifitanye isano na ruswa, Nzeyimana Felix (umukozi wari ushinzwe amarushanwa akaba...
Biravugwa ko amakipe 3 arimo APR FC, Gicumbi FC na Bugesera bamaze gutanga ikirego mu ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA),barisaba gusuzumana ubushishozi ibyangombwa bya...
Ubuyobozi bw’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda “ FERWAFA”, ryatangaje ko riri gukurikiranira hafi ikibazo cy’imyinjirize cyagaragaye kuri Stade ya Huye ku mukino Mukura VS yanganyije na APR...
Komisiyo ishinzwe imyitwarire mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda FERWAFA, ryahahaye igihano Perezida wa Gasogi United, Kakooza Nkuriza Charles uzwi ku izina rya KNC, cyo kutitabira...
Amakipe ya Rayon Sports, Gasogi United na Kiyovu Sports ashobora gusezera muri Shampiyona y’iyi mwaka kubera ko adashoboye kubahiriza amabwiriza yo kwirinda COVID-19 avuguruye ya FERWAFA, asaba...
Kuri iki cyumweru nibwo habaye inteko rusange ya FERWAFA,iberamo amatora ya Perezida w’iri shyirahamwe aho abakandida bari 2 mbere y’amatora ariko ku munota wa nyuma Rurangirwa Louis ahagarika...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda [FERWAFA],ryatumiye amakipe y’Icyiciro cya Mbere mu nama nyungarunabitekerezo izaba kuwa Kabiri tariki ya 6 Mata 2021, izaganira ku isubukurwa rya...
Kuri uyu wa Mbere taliki ya 16 Werurwe 2020,Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda [FERWAFA] ryasubije Police FC ko umwanzuro wafashwe n’umusifuzi Twagirumukiza Abdoul Karim mu mukino wabahuje...