Ku cyumweru tariki ya 14 Gashyantare, abakozi ba APR FC basezeye kuri Nyakwigendera Lt Gen Jacques Musemakweli wabaye umuyobozi w’ikipe guhera mu mwaka wa 2013 kugeza mu ntangiriro za 2021 witabye...
Rutahizamu wa Manchester United, EDINSON Cavani,yatangaje ko atewe ishema no kwambara umwenda w’iyi kipe y’ubukombe mu Bwongereza avuguruza ibyatangajwe na se muri iki cyumweru ko atishimye ndetse...
Perezida Paul Kagame akaba na Chairman wa FPR-Inkotanyi, avuga ko intego uyu muryango wubakiyeho ari nazo ugenderaho ari ugukora ku nyungu za buri munyarwanda, ariko avuga ko ibi bisaba...
Ikipe ya Tottenham yahishuye ko yarakajwe bikomeye no kuba umukinnyi wayo ngenderwaho Harry Kane yayitangarije ko ashaka kuyivamo muri iyi mpeshyi aho kubanza yategereza ko shampiyona...
Ingabo z’u Rwanda zifatanyije n’iza Mozambique bagabye igitero gikomeye ku barwanyi bo mu mutwe w’iterabwoba ugendera ku matwara y’Idini ya Islam bo mu Ntara ya Cabo Delgado, bahungiye mu mashyamba...
Umurambo w’uwitwa Hakuzimana Emmanuel w’imyaka 53 wari uzwi ku izina rya Kalinda wabonetse mu Karere ka Musanze mu Murenge wa Busogo mu Kagari ka Kavumu, mu Mudugudu wa Karema, nyuma yo kwicwa...
Perezida Kagame abinyujije kuri Twitter yavuze ko nyakwigendera Mwai Kibaki asize byinshi azibukirwaho birimo n’impinduka yazanye mu bukungu bwa Kenya.
Umugore wo mu Murenge wa Kamembe mu Karere ka Rusizi uherutse gupfusha umugabo we yiyahuye, yanze ko bamushyingura hataraboneka umugozi yimanitsemo ngo bakamushyingurane ngo kuko ari ko bisanzwe...
Mu bihugu byinshi bitandukanye nk’ubuyapani ubwoko bw’amaraso ni kimwe mu bimenyetso bagenderaho bita ku myitwarire y’umuntu n’ uburyo bashobora kumwitwaraho
Ku munsi w’ejo hakwirakwiye ifoto y’umuntu usa na Nyakwigendera 2 Pac asa n’uri k’umurongo mu matora y’umukuru w’Igihugu cya Kenya ariko byaje kumenyekana ko ari ifoto ye bari bafashe bayitereka...
Umuhungu w’imyaka 34 wo mu Murenge wa Mukindo mu Karere ka Gisagara ariyemerera kwica anize umwana w’imyaka 9 nyuma yo kumujyana iwe amubeshya ko agiye kumugurira umugati, akavuga ko iki gikorwa...
Abakobwa baratandukanye mu miterere,imitekerereze,imigendere(uko bifata),..Uko batandukanye ninako badakunda kimwe. Ariko byanze bikunze hari aho bagira bahurira ku mikundire yabo no mu buryo...
Umugabo wo mu Murenge wa Shyorongi mu Karere ka Rulindo, akurikiranyweho kwica umugore we nyuma yo kumutonganya amubwira ko yabonye umugabo asohotse iwe yiruka agakeka ko avuye gusambana na...
Bamwe mu banyekongo bagaragaye mu muhanda bamagana uruzinduko rwa Perezida Emmanuel Macron muri DRC bavuga ko nta mpamvu ihari yo kuba uyu muyobozi yabagenderera kuko igihugu cye gifitanye...
Ku mugezi bavomaho amazi mu Mudugudu wa Rugwa, Akagari ka Nyabinyenga mu Murenge wa Cyabakamyi hasanzwe umurambo w’umusore w’imyaka 37, ubuyobozi buvuga ko basanze acigatiye icupa ririmo inzoga...
Ikigo cyo muri Amerika kigenzura ingendo zo mu kirere (FAA) cyatanze uruhushya rwo kugerageza imodoka ifite ubushobozi bwo kuguruka no kugendera ku butaka yakozwe na Sosiyete yo muri California...
Birakekwa ko umugabo wari umwarimu yishe umugore we, na we agahita yiyahura, ba nyakwigendera basize umwana uri mu kigero cy’imyaka ibiri, ni we wasanzwe mu nzu arira, hafi ye hari imirambo...