Dr William Samoei Ruto yarahiriye kuba Perezida wa Gatanu wa Kenya mu muhango wabereye kuri Stade ya Kasarani witabiriwe n’abakuru b’ibihugu na za guverinoma bagera kuri 20.
Abaturage ba Kenya...
Ubusanzwe abaturage bo mu karere ka Rusizi cyane abaturiye umupaka, usanga ubuzima bwabo bushingiye ahanini ku bucuruzi bwambukiranya umupaka ubahuza na DR...
Abantu batandukanye bakurikiranira hafi ibyamamare byo mu Rwanda abenshi hari ibibazo bagenda bibaza ku bantu bamwe na bamwe bamamaye ahanini ntibabibonere ibisubizo,ari nayo mpamvu twahisemo...
Perezida wa Reta zunze ubumwe za Amerika, Joe Biden yabwiye mugenzi we wa Ukraine, Volodymyr Zelensky kuri terefone kuri iki cyumweru ko Amerika hamwe n’inshuti zayo bazakora ikintu gikomeye igihe...
Mu mudugudu wa Kabyaza mu karere ka Nyabihu, abana 7 mu ngo 200 batewe inda, barimo Uwineza( izina yahawe), wabyaye afite imyaka 14. Ubuyobozi buvuga ko bubasabira inkunga y’ibiribwa, ngo...
Aba Taliban bavuze ko barasanye n’abagabo bashinjwa gushimuta abantu, bakabica, hanyuma bamanika imirambo mu bice bihuriramo abantu benshi mu mujyi wa Herat.
Iki gikorwa giteye ubwoba cyo...
Kuri iki cyumweru, abasirikare bakomeye muri Guinea Conakry, batangarije mu kiganiro gito cyaciye kuri televiziyo y’igihugu ko basheshe itegeko nshinga ndetse bahirika ku butegetsi Perezida Alpha...
Urukiko rukuru rwa Kenya rwatangaje ko umushinga wa guverinoma wo kuvugurura itegekonshinga udakwiye, udakurikije amategeko kandi unyuranyije n’itegekonshinga.
Umuraperi Ama G The Black wari umaze igihe adakora indirimbo yateguje iyo yise ‘Ubugoryi Bwanjye’ anatangiza urugamba rweruye ku bakora indirimbo zitwa iz’Ibishegu anikoma by’umwihariko Bruce Melody...
Nyuma y’amasaha make Joe Biden arahiye,Joe Biden yahise yerekeza muri White House asanga uwari Perezida Donald Trump yamwandikiye ibaruwa yatangaje ko iyo baruwa yari yuzuye ubuntu...
Mu gihe habura iminsi mike ngo Joe Biden afate inshingano zo kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, inzego z’umutekano z’iki gihugu zakajije uburinzi kugera n’aho bamwe mu bazigize baryama hasi mu...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko uyu munsi tariki ya 13 Mutarama 2021,abantu 3 bahitanywe na COVID-19 bituma umubare w’abamaze kwicwa n’iki cyorezo mu Rwanda ugera kuri 128 mu gihe abanduye bo...
Icyamamare mu bya sinema akaba abarizwa no muri politike Arnold Schwazenegger yanenze bikomeye perezida Donald Trump ucyuye igihe aho yatangaje ko ariwe perezida wabayeho mubi iki gihugu...
Lt Gen Muhoozi Kainerugaba yashyize hanze ubutumwa abunyujije kuri Twitter ye, aho yongeye gushimagiza no kuvuga imyato nyakwigendera Maj Gen Fred Gisa Rwigema agaragaza ko yari igihangange kandi...
Ku wa 25 Ukwakira 2020, nibwo inkuru nziza yatashye I Rwanda y’uko Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, yazamuye mu ntera Arkiyepiskopi wa Kigali, Musenyeri Antoine Kambanda,...