Shyaka Jean Luc w’imyaka 21 uririmba mu buryo bwa ‘Opera’ yabaye umunyarwanda wa mbere wasezerewe mu irushanwa rya East Africa’s Got Talent biteza impanka mu bagize akanama nkemurampaka bose bitana...
Papa Francis yanze gucumbikirwa muri hoteli ihenze ubwo azaba ari mu rugendo rw’iminsi itatu muri Mozambique mu kwezi gutaha kwa cyenda, nkuko bitangazwa n’ikinyamakuru Domingo cyo muri iki...
Ne-Yo azwiho ko ari umuntu urangwa no kwambara ingofero hafi ya buri gihe ku buryo iyo ujagajaze internet ushaka amafoto, ayo ubona agaragaza umutwe we aba ari...
Nyuma y’ukwezi Minisitiri w’ Ububanyi n’ amahanga w’ u Rwanda akaba n’ umuvugizi wa Guverinoma y’ u Rwanda Dr Richard Sezibera yari amaze atagaragara ku mbugankoranyambaga no mu ruhame.kuri uyu wa...
Bwa mbere mu mezi abiri ashize, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Dr. Richard Sezibera, yagize icyo avuga ku byerekeye ubuzima bwe avuga ko abakwirakwije ibihuha by’uko ubuzima bwe buri mu kaga ari...
Ikipe ya Rayon Sports ikeneye umutoza usimbura Robertinho umaze amezi make atandukanye nayo,iri mu biganiro n’abatoza benshi ariko uhabwa amahirwe menshi yo kuyigarukamo n’Umubiligi...
Ikipe ya Kiyovu Sport Club yamaze kwirukana abakinnyi icyenda yari yaraguze mu mpeshyi z’uyu mwaka wa 2019 mu gihe biteguraga umwaka w’imikino wa 2019-2020.
Abanyarwanda babiri, Jean de Dieu Uwihanganye wamamaye mu itangazamakuru rya hano mu Rwanda nka MC Henri Jado na Usher Komugisha, bari ku rutonde rw’Abanyafurika bakiri bato bahesheje ishema...
Minisitiri w’intebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed, w’imyaka 43, niwe wamaze gutangazwa ko yatsindiye igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel gitangwa na komite yo muri Norvege itanga ibi...
Myugariro w’ikipe y’igihugu Amavubi Emery Bayisenge ukinira Saif Sporting Club yo muri Bangladesh, yahawe inshingano zo kuba kapiteni wa kabiri w’iyi kipe.
Ibintu ntabwo byifashe neza kuri Igiraneza Paulette Ndekwe uhagarariye u Rwanda mu irushanwa rya Miss Earth 2019 kuko aherutswe gutsindwa mu gice cyo kwiyerekana bambaye bikini none no mu...
Pastor Lamec Barishinga umuyobozi w’itorero ry’abadiventiste b’umunsi wa karindwi mu Burundi yafunzwe mu cyumweru gishize nk’uko abayobora iri torero ku isi no mu Burundi...
Mu mwaka wa 2018 taliki ya 30 ukwakira , Clarisse Karasira wari umenyerewe mu mu mwuga w’itangazamakuru , yinjiye mu muziki ahereye ku ndirimbo ye “Giraneza”, nk’umuhanzi mushya mu ruhando rwa muzika...
Ku wa 2 ukwankira 2019 nibwo Umuhanzi wamamaye muri Tanzania mu njyana ya Bongo Flava yibarutse umwana we wa kane na Tanasha Donna none kuri ubu yatangiye kumushimisha bya hato na...
Umuhanzi ukomoka muri Uganda Jose Chameleon na Harmonize wo muri Tanzania bari baravuzwe mu makimbirane yatumye batumvikana ku ikorwa ry’indirimbo ’Inabana’ bituma birangira Harmonize ayikoranye na...
Abakinnyi 22 b’ikipe yigihugu Amavubi bahagurutse i Kigali mu rukerera rwo kuwa mbere bamaze kugera i Maputo aho baza guhurira n’umukinnyi Bizimana Djihad ukina mu Bubiligi hanyuma bakuzura 23...
Umuherwe witwa Flavio Briatore wahoze ari nyiri ikipe ya Queens Park Rangers ikina mu cyiciro cya kabiri mu bwongereza ndetse akanayobora umukino wa F1 ari mu rukundo n’umukobwa w’umunyeshuli...