Abarezi batanu bo mu Ishuri ryisumbuye rya ESSI Nyamirambo risanzwe rizwi nko kwa Gaddafi riherereye mu karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali batawe muri yombi bakekwaho gusambanya...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko mu ijoro ryo kuri uyu wa 31 Ukuboza 2019 rishyira ku wa 1 Mutarama 2020, saa sita z’ijoro zuzuye hazaturitswa urufaya rw’ibishashi by’umuriro mu duce tune...
Kuwa Gatanu tariki ya 20 Ukuboza 2019,Polisi ikorera mu Murenge wa Bumbogo mu Karere ka Gasabo yataye muri yombi abasore babiri bakekwaho kugira uruhare mu kwiba moto y’umumotari witwa Niyibizi...
Inama y’Igihugu y’Umushyikirano ya 16 yabaye kuva tariki ya 13 kugeza ku ya 14 Ukuboza 2018, yafatiwemo imyanzuro 10. Mu rwego rwo kuyishyira mu bikorwa, iyi myanzuro yagabanyijwemo ibikorwa...
Multi Design Group Ltd ibafiteye inzu nziza iherereye mu Karere ka Kicukiro mu Kagarama muri metero makumyabiri (20 metre) uvuye ku muhanda bari gushyiramo kaburimbo ahantu heza cyane.
Iyi...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 08 Ugushyingo, ku bufatanye bwa Polisi ikorera mu karere ka Nyarugenge mu murenge wa Mageragere n’inzego bafashe abagabo batatu biyitaga abasirikari bakaka amafaranga...
Umwaka wa 2019 umunsi wa 23 w’Ukwezi kwa 10;
Mbisabwe na BYAKWERI Théogène;
Njyewe Me. RUNEZERWA Joseph Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga; Nshingiye ku Ingingo ya 248 igika cya 3 n’iya 49 z’Itegeko...
Umuhanga mu gutunganya indirimbo z’abahanzi mu buryo bw’amajwi,Jean Paul Gatsinda benshi bazi nka Jay P yaraye ashyingiranywe n’umukunzi we Umutoni Alice (Big Tonny) nawe uzwi cyane mu ndirimbo zo...
Patrick Nnaemeka Okorie wamamaye mu muziki nka Patoranking yahishuye ko hari indirimbo yakoranye na Ngabo Medart Jobert umaze kwamamara nka Meddy mu muziki.
Kuriki Cyumweru nibwo Nsanzamahoro Denis wamenyekanye cyane ku Izina rya Rwasa yasezeweho bwa nyuma mu muhango wabereye ku Kicukiro mu mujyi wa Kigali.
amarira yari menshi ubwo Rwasa...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 31 Kanama 2019 ni bwo amakuru yasakaye ku mbuga nkoranyambaga ahamya ko Nsengiyumva Francois wamamaye nka Igisupusupu yatawe muri yombi mu ijoro ryo...
Uruganda rwa Skol Brewery Ltd Rwanda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye, rwamuritse isura nshya y’imwe mu binyobwa byayo ‘Skol Lager’. Iyi nzoga iri mu za mbere uru ruganda rwakoze,...
Muri iki gihe, hari abagore bakunze kwambara imiringa cyangwa imikufi ku bice bitandukanye by’imibiri yabo, aho usanga hari iyambarwa mu ijosi, ku mazuru, ku matwi, ku maboko, ku mukondo, mu...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri taliki ya 23 Nyakanga 2019, umusore witwa Jean Bosco w’imyaka 19 wo mu mudugudu wa Bihoro, akagari ka Kibenga, Umurenge wa Ndera mu karere ka Gasabo aravugwaho...