Umunyamakuru Uwimana Clarisse yasezeranye imbere y’amategeko na Kwizera Festus Bertrand,mu muhango wabereye ku murenge wa Kimironko wo mu karere ka Gasabo.
Kuri uyu wa Kane tariki ya 18 Kanama...
Guhera kuri uyu wa Gatanu, imodoka za kompanyi ya Yahoo Car Ltd zisanzwe zikorera mu ntara, ziratangira no gukorera i Kigali. Nimu rwego rwo kongera umubare w’imodoka zitwara abagenzi.
Nkuko...
Abayobozi b’Umujyi wa Kigali n’Uturere tuwugize bagiranye ikiganiro n’abanyamakuru mu rwego rwo kubasangiza gahunda Umujyi wa Kigali ufite z’iterambere no kuzafatanya nabo mu kuzigeza ku baturage....
Nyuma yo kwemeranya isezerano ry’akaramata mu mpera z’umwaka wa 2021 n’umukunzi we Laura Collete , Umuhanzi Igor Mabano yashyize hanze ifoto y’imfura ye y’umuhugu ku isabukuru ye...
Umuhanzi Ish Kevin umaze kwigarurira imitima ya benshi ari mugahinda gakomeye nyuma yuko ateguye igitaramo kigahagarikwa nta minsi iracaho hari n’ikindi gitaramo cy’uyu muhanzi cyahagaritswe...
Bamwe mu bayoboke b’idini ya Islam bo mu mujyi wa Kiigali bababajwe n’icyemezo cyafashwe na Polisi cyo guhagarika ijwi rirangurura rivuzwa ku misigiti “Adhana” ryibutsa abemera bo muri iri dini...
Konti ya Instagram ya Mbabazi Shadia wamenyekanye nka Shaddy Boo ku mbuga nkoranyambaga yashimuswe nyuma y’amasaha make akoze ibirori byo kwishimira ko yujuje abamukurikira miliyoni imwe kuri uru...
Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben ubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yasohoye indirimbo yitwa ‘Soma Skol’ yumvikanisha ibyiza byo kunywa ku nzoga ya...
Umunya Afurika y’Epfo,Main Kent ukinira ikipe ya ProTouch yiganjemo abanyarwanda benshi, ni we watanze abandi kugera i Gicumbi yegukana Agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2022.Yari yasize...
Abapolisi bo mu Ishami rishinzwe kurwanya Ibiyobyabwenge bataye muri yombi abantu batatu bakwirakwizaga urumogi mu Mujyi wa Kigali. Bafatiwe mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Kinyinya no mu...
Urukiko Rukuru rwahamijie icyaha cya ruswa, Dr Isaac Munyakazi wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi,rumukatira imyaka 5 isubitse naho uwo bareganwa hamwe nyiri Good Harvest...
Kubera umukino wo kwishyura wa CAF Confederation Cup ikipe ya APR FC igomba gukina na RS Berkane muri Maroc mu mpera z’iki cyumweru, ubukwe bwa rutahizamu w’iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu,Byiringiro...
Umunyamakuru uri mu bakundwa na benshi mu Rwanda,Nshimyumukiza Janvier wamamaye ku izina rya Janvier Popote yashyize hanze amafoto ye n’umufasha we Ayinkamiye Allen baherutse...
Rutahizamu wa APR FC n’Amavubi, Byiringiro Lague, yabatijwe mu mazi menshi,mu idini azasezeraniramo n’umukunzi we Uwase Kelia bamaze kuba umugabo n’umugore imbere y’amategeko.
Iki gikorwa cyabaye...
Guhera kuri uyu wa Kabiri, abantu bo mu Mujyi wa Kigali bafite imyaka 18 kuzamura bacikanwe na gahunda yo kwikingiza #COVID19 bashyiriweho uburyo bwo guhabwa urukingo.
Ni igikorwa kibera muri...
Hari abayoboke b’itorero Umuriro wa Pentecote mu Rwanda bavuga ko ibijyanye no kwikingiza COVID-19 bakibitekerezaho mu gihe abandi batarabibonera umwanya.
Itorero umuriro wa Pentekote rikorera...
Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki ya 10 Ukwakira ahagana saa yine Polisi ikorera mu Karere ka Huye yafashe uwitwa Umurerwa Mushimiyimana Agnes w’imyaka 36. Yafatanwe umupira wo kwambara wa...
Kuri uyu wa 9 Nzeri 2021 nibwo hatangijwe ku mugaragaro ikoreshwa ry’amagare ya "Guraride" azajya afasha abantu gutembera hirya no hino mu mujyi wa Kigali ndetse bamwe batangira kuyakoresha harimo...
Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya magendu n’ibindi byaha (ASOC) kuri uyu wa Kabiri tariki ya 20 Nyakanga ryafashe itsinda ry’abantu Batanu bacyekwaho kuba bibaga za Moto mu Mujyi wa Kigali....
Umufaransa Alan Boileau w’imyaka 20 ukinira ikipe ya B-B Hotels mu Bufaransa niwe watsinze agace ka 5 ka Tour du Rwanda aho abakinnyi bahagurutse i Nyagatare basoreza mu Mujyi wa Kigali. Aka gace...
Mu gace ka kabiri ka Tour du Rwanda kavaga Kigali kerekeza I Huye aho abasiganwa bakoze ibirometero 120,5 kegukanwe n’Umufaransa w’imyaka 21 witwa Alan Boileau ukinira ikipe ya B-B...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha [RIB] rwatangaje ko bane mu bantu 11 bafatiwe kwa Jay Polly mu minsi ishize barenze ku mabwiriza ya Covid-19 banafite ibiyobyabwenge,bapimwe bagasanga bafite...