• APR FC inganyije na Mukura VS igitego 1-1
• AS Kigali yatsinze Etincelles FC biyifasha kurara ku mwanya wa mbere w’agateganyo
• Kiyovu Sports iranganya amanota 15 na APR FC nubwo umukino wayo...
• Lomami Marcel yiteguye gufasha ikipe ya Rayon Sports kwitwara neza
• Lomami Marcel yasabye abafana ba Rayon Sports kumushyigikira
• Lomami Marcel niwe uzaba ari umutoza mukuru ku mukino wa Mukura...
Kubera umukino w’ikipe y’igihugu Amavubi izaki na Ethiopia mu gushaka itike yo kwerekeza mu mikino ya CHAN 2018 ,FERWAFA yimuye imikino y’amakipe 4 ,Rayon Sports,APR FC Police FC na AS Kigali kubera...
Ubuyobozi bw’Itorero rya Pantekote mu Rwanda ADEPR bwafashe umwanzuroo guhinduranya abayobozi bari bahagarariye indembo n’uturere mu Rwanda.
UMURYANGO wamenye ko uyu muhango wabaye kuwa 25...
Kuri uyu wa Gatanu taliki ya 27 Ukwakira 2017 nibwo hateganyijwe umukino ukomeye ubimburira iyo ku munsi wa 4 wa shampiyona aho umutoza Jimmy Mulisa yatangaje ko atitaye ku mateka y’uko APR FC...
Ku munsi w’ejo taliki ya 24 Ukwakira 2017,nibwo ikipe ya Rayon Sports yangiwe gukorera imyitozo ku kibuga yari yahawe na SKOL giherereye mu Nzove igakorera mu Rugunga ahazwi nko kuri Malaria nyuma...
Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA yatangaje ko ku kuwa kane taliki ya 26 Ukwakira 2017,aribwo ubuyobozi bwa FERWAFA buzahura na Rayon Sports ndetse na AZAM kugira ngo...
Ikipe ya Rayon Sports iherutse kwandikira FERWAFA iyibutsa ko ibijyanye no kwamamaza kuri stade ku mikino yakiriye biyireba bityo itagakwiye kubangamira amasezerano yo kwamamaza bagiranye...
Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko atari kureka ngo Bizimungu Ally wa Bugesera FC akubite Nahimana Shassir kandi ari umukinnyi we byatumye amusanga aho yari ahagaze ibyari umupira...
Ikipe ya Bugesera FC itsinze Rayon Sports igitego 1-0 biyihesha kubona amanota 3 yayo ya mbere dore ko yari yaratsinzwe imikino 2 yari imaze gukina muri uyu mwaka wa shampiyona 2017-2018 ndetse...
Umutoza w’ikipe ya APR FC Mulisa Jimmy aratangaza ko impamvu ituma Sekamana Maxime ataba umukinnyi ukomeye mu Rwanda ari uko adahora mu bihe byiza ndetse n’ibibazo by’imvune byamwokamye. Uyu musore...
Umutoza w’ikipe ya Bugesera FC Bizimungu Ally aratangaza ko yiteguye gukura amanota 3 ya mbere kuri uyu munsi taliki ya 21 Ukwakira 2017 ubwo baraba bakiriye iyi kipe mu mugi wa Nyamata ku I saa...
Ikipe ya APR FC iraza gucakirana na AS Kigali ku mukino w’umunsi wa 3 wa shampiyona ubimburira iyindi aho amakipe yombi araba arwanira kurara ku mwanya wa mbere by’agateganyo dore ko amakipe yombi...
Kuri uyu wa Gatanu nibwo shampiyona y’u Rwanda y’umupira w’amaguru Azam Rwanda Premier League (ARPL)iraza kuba igeze ku munsi wa kabiri urabimburirwa ni umukino uhuza amakipe akomeye hano mu Rwanda...
Jeannette Kagame umufasha wa Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yasabye ababyeyi gushaka umwanya wo kuganira n’ abana no kuba ibyangombwa byose nkenerwa kugira ngo bakure bakure bafite uburere n’...
Umukinnyi Ismaila Diarra ntari ku rutonde FERWAFA imaze gushyira hanze rw’abakinnyi amakipe yo mu Rwanda azakoresha mu mikino ya shampiyona y’u Rwanda Azam Rwanda Premier League 2017-2018.
Uyu...
Ikipe ya Volleyball ya Kaminuza yigisha ibijyanye n’ubukerarugendo UTB, ishaka kuba mpatse amakipe mu mwaka wa shampiyona utaha,yatangiye kugura abakinnyi bakomeye barimo Kavalo akumuntu Patrick...
Akarere ka Rwamagana niko kabaye akambere mu kwesa imihigo y’ umwaka wa 2016/2017 kavuye ku mwanya wa 17 kariho mu mwaka wa 2015/17. Ubushize Rwamagana yari yagize amanota 74,26% ubu yagize 82.2%....
None ku wa Gatatu, tariki ya 04 Ukwakira 2017, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
1. Inama y’Abaminisitiri yemeje...
Ikipe ya Etincelles FC yamaze gusinyisha abakinnyi 10 yiteguye kwerekana ku mukino wa Rubavu Feza Bet izahuramo na Rayon Sports kuri uyu wa gatatu Taliki ya 20 Nzeri uyu mwaka umukino uzabera...
Minisitiri w’Intebe mu Rwanda, Dr Edouard Ngirente, yandikiye abaminisitiri bose n’Abanyamabanga ba Leta abamenyesha ko buri wese yongerewe inshingano zo gukurikirana akarere yashinzwe.
Hejuru...
Imikino ya nyuma ya Kamarampaka (Playoffs) ku makipe agomba guhurira ku guhatanira umwanya wa mbere mu bagabo yari yarasubitswe mu mpera z’icyumweru gishize kubera umukinnyi wa Gisagara Kwizera...