Abakinnyi ba filimi Kevin Hurt, Edris Elba n’umugore we, Danai Gurira ndetse na Winston Duke wamamaye cyane muri Black Panther, bari ku rutonde rw’abantu bazita amazina abana 23 b’ingagi mu birori...
Igikomangoma cy’u Bwongereza, Prince Charles ni umwe mu bazita amazina abana b’ingagi ku wa Gatanu tariki ya 02 Nzeri 2022.
Nkuko byatangajwe n’Urubuga rwa Twitter rwa Kwita Izina,iki gikomangoma...
Icyamamare mu mupira w’amaguru Didier Drogba ni umwe mu bazita amazina abana b’ingagi 20, mu muhango uzabera mu Kinigi ku wa Gatanu,tariki ya 02 Nzeri 2022.
Uyu mugabo wabaye icyamamare mu mupira...
Gilberto Aparecido da Silva wahoze akinira ikipe ya Arsenal hagati mu kibuga, yageze mu Rwanda kuri uyu wa kabiri aho yitabiriye umuhango wo #KwitaIzina ugiye kuba ku nshuro ya 18.
Uyu munya...
Ibyamamare bitandukanye birimo uwahoze ari kapiteni wa Arsenal FC,Tony Adams,umutoza ukomeye Louis Vaan Gaal n’abahanzi barimo Ne-yo na Meddy bizitabira umuhango wo kwita ingagi amazina...