Umwana muto witwa Louis Fowler w’imyaka 11 yaciye ibintu hirya no hino mu binyamakuru kubera ukuntu yagonze itara ryo ku muhanda ari kwiruka ku modoka ya rutahizamu wa Liverpool Mohamed Salah ngo...
Mu rukerera rwo kuri uyu wa 5 Gashyantare,mu murenge wa Mukura wo mu karere ka Huye habereye impanuka y’imodoka ya RAV4 ifite purake ya RAD140Z, yahitanye uwitwa Pascal Kalisa Gakwaya wari...
Danny Rose, myugariro w’ikipe ya Tottenham Hotspur yo muri Premier League avuga ko arambiwe n’ivanguramoko nyuma yo guhagarikwa kenshi n’abapolisi bamubaza niba imodoka ye atari...
Imodoka yo mu bwoko bwa RAV 4 yihutaga yagonze abanyeshuri 14 biga mu ishuri ry’Ababikira rya Centre Scolaire Elena Guela riherereye mu Mujyi wa Huye, umwe yitaba Imana abandi barakomereka...
Rutahizamu Sergio Aguero aherutse guha imodoka ye ihenze ushinzwe imyenda muri Manchester City kuvamo akerekeza muri FC Barcelona mu minsi mike ishize.
Abantu bitwaje intwaro bataramenyekana bagabye igitero ku modoka yari itwaye abagenzi ku mugoroba wo kuri uwa gatandatu mu gace kitwa Rutegama mu ntara ya...
Polisi y’u Rwanda yerekanye umusore wiyise umusirikare ufite ipeti rya Lieutenant Colonel agakodesha imodoka mu Ruganda rwa Volkswagen avuga ko iye yagize ikibazo kandi ari mu kazi ka...
Muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo,abitwaje intwaro bataramenyakana bateze imodoka yari igemuriye abavanywe mu byabo n’ubwicanyi bumaze iminsi mu Bibogobogo muri teritwari ya Fizi mu Ntara ya...
Miss Queen Kalimpinya wabaye Igisonga cya 3 muri Miss Rwanda 2017, yaje ku isonga mu bakobwa n’abagore (Best Female) mu isiganwa ry’imodoka rya "Sprint Rally All Star 2022” ndetse anegukana umwanya...
Umuyobozi wa Sosiyete imaze imyaka irenga itatu mu bucuruzi burimo ubw’imodoka mu Rwanda, Tomtransfers, Munyaneza Thomas akurikiranyweho ibyaha birimo ubwambuzi bw’amafaranga agera kuri miliyoni...
Mu Karere ka Gasabo, mu Murenge wa Bumbogo imodoka yo mu bwoko bwa Fuso yacitse feri ihitana umuntu umwe, abandi 10 barakomereka ndetse inagonga imodoka yari itwawe na Tharcisse Karugarama wigeze...
Umunyamabanga wa Leta muri MININFRA, Uwase Patricie, yavuze ko mu mezi 3 ari imbere,Mu mujyi wa Kigali hazongerwa imodoka zitwara abagenzi 300.
Mu nama y’Umushyikirano iri kuba ku nshuro ya...
Mu Karere ka Nyarugenge, Umurenge wa Nyamirambo, Akagari ka Kivugiza, mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 1 Werurwe 2024, imodoka yo mu bwoko bwa Suzuki Vitara, yahiye...
Abantu babiri baguye mu mpanuka y’imodoka yabereye hepfo y’isoko rya Nyarugenge ku muhanda ugana kuri Gereza ya 1930, mu gitondo cyo kuri uyu wa 14 Werurwe 2018.
Iyi mpanuka bivugwa ko yatewe...
U Rwanda ni igihugu benshi batangarira bitewe no kwihuta mu ikoranabuhanga no kwihuta mu iterambere. Ni igihugu abenshi bafata nk’ intangarugero ku rwego rw’ Afurika no mu Isi muri rusange.
U...
Abanyeshuri icumi ba Kaminuza ya Singhad Technical Education Society-Rwanda (STES-Rwanda) bahawe igikombe mu Buhinde mu irushanwa bari batumiwemo.
Iryo rushanwa ryateguwe n’ishuri rya Singhad...