Umuhanzi Diamond wari waje mu gitaramo African Giant cyari kuba ku munsi w’ejo ku Cyumweru, asubiye muri Tanzania muri gahunda zijyanye na Wasafi Festival akaba ari bugaruke mu gitondo kugira ngo...
Umuhanzi Diamond Platnumz yaraye mu Rwanda i Kigali mu butumire bw’igitaramo African Giants Festival aho biteganyijwe ko azaririmba kuri uyu wa 13 Kanama...
Ibyamamare bitandukanye hano mu Rwanda byitabiriye igitaramo cya Rukundo Patrick umaze kubaka izina nka Rusine uri mu banyarwenya bagezweho mu ruganda rwa Comedy mu...
Kuwa 23 na 24 Mata 2022 yari iminsi y’ibyishimo kuri Lt Gen Muhoozi umugaba w’ingabo zirwanira k’ubutaka bwa Uganda akaba n’umuhungu wa Perezida w’iki Gihugu wizihizaga ibirori by’isabukuru ye...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yageze i Kampala muri Uganda aho yitabiriye umuhango wo kwizihiza isabukuru y’amavuko ya 48 ya Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba yatangiye kwizihiza mu...
Indenge itwara abagenzi ya RwandaAir yaguye ku kibuga cy’idenge mpuzamahanga cya ENTEBBE mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu yari itwaye abantu bagera kuri 60 barimo n’abashyitsi bagera kuri 20...
Naseeb Abdul Juma wamamaye cyane muri muzika yo mu karere k’iburasirazuba nka Diamond Platnmuz, yageze mu Rwanda aganira n’itangazamakuru maze ahakana yivuye inyuma ibyo gutandukana na Harmonize...
Lt Gen Muhoozi usanzwe ari Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka ndetse akanaba imfura ya Perezida Yoweri Museveni yatumiye Miss Mutesi Jolly mu birori by’Isabukuru ye izaba tariki ya 24...
Umuhanzi Bruce Melodie uherutse gukora igitaramo cyo kwizihiza isabukuru y’imyaka 10 amaze mu muziki, hasakaye amashusho ye ku mbuga nkoranyambaga yakoze ubukwe , benshi bavuga ko ari amafoto...
Hashize Iminsi hacicikana amafoto y’ubukwe agaragaza Marina na Yvan Muziki bikavugwa ko baba barakoze ubukwe mu ibanga rikomeye, ku makuru Umuryango ufite nuko nta bwigeze bubaho ahubwo byari...
Umuhanzi Bruce Melodie uherutse kunengwa n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, Bamporiki Edouard, hari ubutumwa yamugeneye naho kuri Pasteri Zigirinshuti ngo...
Umuhanzi Ishimwe Soumare Frank wamenyekanye muri muzika nka King Bayo, akaba yari mubyara wa Jules Sentore yitabye Imana ku myaka 33 y’amavuko azize uburwayi.