Ku masegonda yanyuma bigoranye REG BBC ihagarariye u Rwanda mu mikino BAL yatsinze SLAC amanota 83-81 maze uba umukino wa 2 itsinze muri 5 igomba gukina.
Ikipe ya REG Basketball Club ihagarariye u Rwanda mu irushanwa rya Basketball Africa League,yatangiye neza itsinda umukino wayo wa mbere kuri iki cyumweru ikipe ya AS Salé yo muri Maroc.
Muri...
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi Papa Francis azasura Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DR Congo) na Sudani y’Epfo mu kwezi kwa karindwi, nk’uko byemejwe n’abamuhagarariye.
Ettore...
Umurundi John Nahimana yigisha muri za kaminuza zo muri Amerika isomo ryo kogosha imisatsi, akazi yatangiriye mu kambi y’impunzi ya Kanemba muri Tanzania akoresha umukasi.
Nahimana avuga ko...
Perezida Paul Kagame aherutse kugirana ikiganiro n’ikinyamakuru Jeune Afrique, asubiza ibibazo bitandukanye ku ngingo zirimo ibivugwa ku Rwanda, ku karere na Afurika ndetse no ku buzima bwe bwite....
Perezida w’u Rwanda,Paul Kagame, yaganiriye n’Ikinyamakuru Aljazeera ku ngingo zitandukanye zirimo iterambere ry’igihugu nyuma ya jenoside yo mu 1994,icyo atekereza ku gukomeza kuyobora, umubano we...
Inzego zishinzwe umutekano mu karere ka Kisoro muri Uganda zataye muri yombi umugabo uvuga ko ari Umurundi. Yari afite imbunda ebyiri mu isakoshi yerekera i Kampala ku murwa mukuru wa Uganda....
Impunzi z’Abarundi zirenga 60,000 zatahutse mu gihugu cyazo muri uyu mwaka zivuye mu bihugu byo mu karere, nk’uko bivugwa n’ishami rya UN rishinzwe impunzi,...
Rutahizamu wa APR FC n’Amavubi,Byiringiro Lague,yaraye avunikiye mu mukino u Rwanda rwanganyije na Kenya igitego 1-1 bituma ajyanwa mu bitaro bya Kanombe kuko ngo igufwa rye...
Samia Suluhu Hassan ni perezida wa gatandatu wa Tanzania, na perezida wa mbere w’umugore wa Tanzania. Mu mezi ane gusa ku butegetsi hari ibigaragara yahinduye, ahanini ku cyorezo cya Covid-19 no...
Amb.Peter Hendrick Vrooman wari umaze imyaka isaga ine ari Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Rwanda, yimuriwe muri Mozambique.
Ku wa 6 Mata 2018 ni bwo Perezida Paul Kagame yakiriye...
Ubutasi kuri telephone ngendanwa bwongeye kuvugwa muri iyi minsi ko bukorwa na za leta zimwe na zimwe, igiciro cyabwo gishobora kugera kuri miliyoni 1$ kugira ngo ikoreshwe muri telephone 10...
Ikipe y’igihugu ya Kenya y’abagore yatsinze Misiri amanota 99 kuri 83 ihita yegukana igikombe cy’amajonjora ya Zone V inabona itike yo kwerekeza muri Afrobasket y’abagore izabera mui Cameroon muri...
Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yageze mu Burundi kuri uyu wa gatanu mu rugendo rw’iminsi ibiri, urugendo rwari rwitezwe cyane muri iki gihugu.
Perezida Paul Kagame na mugenzi we w’u Bufaransa, Emmanuel Macron bakurikiranye umukino WA 1/4 w’irushanwa rya BAL uhuza Patriots BBC na Ferroviário de Maputo muri Kigali...
Uyu munsi, Perezida Kagame yakiriye J. Cole, ukinira Ikipe ya ‘Patriots Basketball Club’ mu marushanwa ya ‘Basketball Africa League’ abereye mu Rwanda ku nshuro yayo ya...
Ikipe ihagarariye u Rwanda mu mikino ya BAL y’uyu mwaka,Patriots BC yatsinze Rivers Hoopers yo muri Nigeria amanota 83-60,biyifasha kwinjira neza muri iri rushanwa ryitabiriwe n’amakipe y’ibigugu...