Umuraperi Khaligraph Jones wo muri Kenya yavuzweho amagambo y’uko ari umukozi ushoboye cyane nyuma yo kwerekana amazu n’inyubako y’igitangaza yaguze amamiliyoni menshi y’amashiringi ya Tanzanie gusa...
Abategetsi muri iki gihugu bavuga ko Minisitiri John Luk Jok yapfuye mu gitondo uyu munsi kuwa kabiri ari iwe mu rugo nyuma yo gufatwa n’indwara mu ijoro ryacyeye rya tariki ya 01 Kamena...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko uyu munsi tariki ya 05 Kamena 2020,mu bipimo 1558 byafashwe mu Rwanda, habonetse abanduye Coronavirus bashya 10 bose baturutse mu karere ka Rusizi na Rusumo i...
Ubusanzwe abagore bagira ubushake buke mu gukora imibonano mpuzabitsina ugereranyije n’abagabo. Abaganga bagaragaza ko ibi biterwa nuko, umusemburo wa testosterone uba ari mwinshi ku bagabo...
Umunya Croatia,Luka Modric ukina hagati mu ikipe ya Real Madrid yagiriye inama ikomeye umufaransa Kylian Mbappe yo kuva muri PSG akerekeza mu yindi shampiyona ikomeye aho ikipe akinira biyigora...
Ibiro bya perezida w’u Burundi byatangaje abagize guverinoma nshya, biganjemo abava mu ishyaka riri ku butegetsi, hafi 30% ni abagore, umwe muri bo yafatiwe ibihano na Amerika n’ubumwe...
Ishusho ya Haile Selassie wabaye umwami w’abami (empereur/emperor) wa nyuma wa Ethiopia yabomowe aho yari iri mu gace ka Wimbledon mu majyepfo ashyira uburengerazuba bw’umurwa mukuru w’Ubwongereza,...
Umuhanzi Kanye West yatangaje ko agiye guhangana na Dolnald Trump mu matora ya Perezida wa Repubulika ateganyijwe mu Ugushyingo 2020 muri Leta Zunze Ubumwe za...
Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima WHO/OMS ryemeje ko hari ibimenyetso byerekana ko coronavirus ishobora kuba yakwirakwira mu duce duto cyane tugenda mu...