Mu myaka myinshi ishize, u Rwanda rwasuwe n’abayobozi bakomeye ku isi batandukanye gusa hari ingendo zahasize urwibutso n’amateka akomeye nk’urwa Valéry René Marie Georges Giscard d’Estaing w’u...
Umuraperi Manzi Patrick wamamaye nka Generous 44 mu ndirimbo zirimo nka Ntabirenze, Sober n’izindi, amaze igihe kigera ku mwaka ari kugororerwa i Wawa.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 03 Mata 2024, Nibwo mu bwiherero bw’ivuriro riherereye mu Mudugugu wa Giporoso ll Akagari ka Kabeza, mu Murenge wa Kanombe, Akarere ka Kicukiro, hasanzwe...
Abantu babiri bacyekwagaho ubujura no kwica Ndamyimana Elyse wari Noteri w’Umurenge wa Remera mu karere ka Gasabo, barashwe mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu ubwo bageragezaga gutoroka inzego...