Impanuka y’ubwanikiro bw’ibigori mu Murenge wa Rukumbeli,mu karere ka Ngoma yakomerekeyemo abantu, ndetse bamwe bajyanwa kwa muganga.
Amakuru dukesha UMUSEKE aravuga ko kuri iki cyumweru aribwo...
Igikomangoma cya Norway Märtha Louise yivanyeho icyubahiro n’inshingano z’ibwami kugira ngo yibande ku bushabitsi mu buvuzi akorana na fiancé we, uvuga ko ari ‘umupfumu’.
Louise azagumana izina rye...
UMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA, ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO AZATEZA MURI CYAMUNARA UMUTUNGO UTIMUKANWA UGIZWE N’INZU WA BATAKANWA Joseph NA UWAMAHORO Josee UFITE UPI:5/06/12/01/543 UHEREREYE MU MUDUGUDU...
Nta gihindutse,amakuru aravuga ko kuri uyu wa Kabiri ikipe ya Rayon Sports irakira Lompala Bokamba Umukongomani waciye muri Angola.
Amakuru aravuga ko uyu mukinnyi uca ku mpande...
Polisi y’ u Rwanda mu Karere ka Ngoma, ku wa mbere, tariki ya 13 Kamena yafashe umugabo w’imyaka 36, akurikiranyweho kwiyitirira umukozi w’ikigo cy’igihugu cy’iterambere (RDB), aho yafashwe yaka...
Abakora ubucuruzi buciriritse bwambukiranya imipaka hagati y’akarere ka Rusizi mu Rwanda n’umujyi wa Bukavu muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo baravuga ko umwuka mubi uri hagati y’ibihugu...
Uhagarariye u Rwanda muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Ambasaderi Vincent Karega yamaganye amakuru yavuzwe ku mbuga nkoranyambaga ko u Rwanda rwishe Abakongomani 2 kubera umwuka mubi...
Umukobwa w’imyaka 25 y’amavuko ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wendaga guhabwa ububikira mu kigo cy’ababikira giherereye mu Kagari ka Ruhembe mu Murenge wa Zaza mu Karere ka...
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 22 Ukuboza 2021,ikipe ya APR FC yasuye Etoile de l’Est i Ngoma mu mukino w’umunsi wa 10 wa shampiyona ariko iyi kipe yakinnye uwo mukino idafite abatoza bayo hafi ya...
Umukongomani ukina asatira Héritier Luvumbu Nzinga wamamaye muri CHAN 2016 araza kugera mu Rwanda uyu munsi aho azakina aya mezi 2 ya shampiyona muri Rayon Sports. Avuye muri Club Athletic...
Amakuru aramutse avugwa muri iki gitondo cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 15 Ukuboza 2020, n’uko Bizimana Jean Paul washinjwaga gutera icyuma umukobwa bari inshuti amuziza ko yanze ko batera...
Mu minsi ishize hanuganugagwa amakuru ko Miss Uwase Vanessa yaba yaratandukanye n’umukunzi we. Iyi ni inkuru yacicikanye hirya no hino abantu bibaza icyo baba barapfuye dore ko byavugagwa ko...
Mu minsi ishize nibwo urukundo rwari ruryoshye ndetse runashyushye hagati ya Miss Vanessa Uwase n’umusore bendaga kurushinga mu minsi ya vuba. Hagiye hagaragara amafoto atandukanye aba bombi bari...
Mu minsi ishize twababwiraga ko Miss Uwase Vanessa yashimiye umukunzi we kubw’impano y’ikanzu igura miliyoni 2 yamuhaye. Si iyo mpano gusa kuko umukunzi wa Miss Uwase Vanessa yamamukoreshereje...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kane taliki 08/8/2019 saa yine za mu gitondo (10h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa (inzu) wa Mwemezi Celestin na...