Umuhanzi Mico The Best uri muri ba kizigenza mu njyana ya Afrobeat mu Rwanda,yagaragaye ku rutonde rw’abahanzi b’ibihangange muri Afurika bagomba guhatanira bihembo bya BAE Awards 2019 bitegurirwa...
Umusore usanzwe amenyereweho kumurika imideli uzwi ku izina rya Twagira Prince Henry niwe watoranyijwe kuzahagararira u Rwanda mu irushanwa ryo guhatanira ikamba rya Rudasumbwa ku rwego...
Abakoresha imbugankoranyambaga, abenshi ndizera ntashidikanya ko babonye iyi foto, ni ifoto imaze kwamamara cyane yakwiriye isi yose iturutse muri Nigeria.
Mu gihugu cya Nigeria haravugwa inkuru iteye isoni n’agahinda, aho umugabo yahohoteye abakobwa be bose uko ari bane, akabasambanya yitwaje ko Imana ishyigikiye ibikorwa bye ku bakobwa be ashingiye...
Umukobwa wo muri Nigeria witwa Diane Emily Kamsi akomeje kwigarurira abaturage bo kuri murandasi nyuma yo gutangaza ko yagurishije roho ye kwa Satani anasobanura neza impamvu z’ingenzi zabimuteye...
Umukobwa wo muri Nigeria yagaragaje icyifuzo ko umuhanzi Davido Adeleke aramutse amufashe ku ngufu ko ntacyo byaba bimutwaye na gato ndetse ko yabayakira neza cyane ntagire ikiguzi na kimwe yaka...
Umukinnyi wo hagati wo mu ikipe ya Manchester United witwa Angel Gomes yagaragaye mu mashusho yagiye gushaka umuhanuzi ukomeye wo muri Nigeria witwa TB Joshua kugira ngo amusengere akire ikibazo...
Umusirikare wo muri Nigeria mu gace kitwa Borno w’ipeti ryo hasi yarashe umuyobozi we usanzwe ari Lieutenant aramwica amuziza ko yamwimye uruhushya rwo kujya gusura bamwe mu bagize...
Umusore wo mu gihugu cya Nigeria ari mu gahinda gakomeye yatewe n’umukobwa bakundanaga waburiwe irengero nyuma yo kumuha miliyoni 2 z’ama Naira bari gukoresha mu bukwe bwabo bwari...
Umunyarwandakazi Mbabazi Shadia wamamaye ku mbuga nkoranyambaga nka Shaddyboo umaze iminsi mu gihugu cya Nigeria, yasangije abamukurikira amashusho ari kumwe n’umuhanzi ukomeye wo Larry Gaaga...
Umuraperi Oludemilade Martin Alejo,ukomoka muri Nigeria, uzwi nka Ycee uheruka gukorana indirimbo na Ish Kevin mu buryo bw’amajwi ategerejwe mu Rwanda.
Abategetsi bo muri leta ya Zamfara mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bwa Nigeria basabye ko abaturage b’abasivile bitwaza intwaro bagahangana n’ibico bya ba...