Uwari Umutoza wa Rayon Sports Jorge Paixão Santos n’umwungiriza we Pedro Miguel,batandukanye na Rayon ndetse basubiye iwabo muri Portugal,kuko batongerewe amasezerano.
Amakuru aravuga ko aba...
Umunyabigwi mu mupira w’amaguru Cristiano Ronaldo yahishuye ko atiteguye gusezera mu ikipe y’igihugu cye cya Portugal vuba aha kuko ngo "Ntabwo ari igihe cyanjye."
Kapiteni wa Portugal, ufite...
Myugariro Mutsinzi Ange Jimmy wari wari umaze iminsi mu igeragezwa mu gihugu cy’u Bubiligi mu ikipe yitwa Oud-Heverlee Leuven byarangiye aritsinzwe ariko yerekeza muri Portugal mu cyiciro cya...
Rutahizamu Cristiano Ronaldo wo mu gihugu cya Portugal,yaraye akoze agahigo ko kuba umukinnyi wa mbere ku mugabane w’I burayi utsindiye ikipe y’igihugu ibitego birenga 100 ndetse ubu ahanze amaso...
Ikipe ya Manchester United irifuza kwiyubaka cyane mu busatirizi bwayo,ariyo mpamvu yiteguye kurekura Lukaku na Paul Pogba ikagura abanya Portugal babiri barimo Joao Felix wa Benfica na Bruno...
Abafana ba Iran baje hafi ya Hoteli ikipe ya Portugal icumbitsemo niko kuririmba basakuza cyane mu rwego rwo kubangamira abakinnyi ba Portugal kugira ngo badasinzira birangira Cristiano Ronaldo...
Mario Soares, wahoze ari perezida wa Portugal ndetse akaba ari nawe washinze ishyaka ry’abasosiyalisiti, yitabye Imana ku myaka 92 y’amavuko.
Muri iki gihugu batangaje ko hari icyunamo cy’iminsi...
Mushiki wa Cristiano Ronaldo witwa Katia Aveiro,yatutse abafana b’ikipe y’igihugu cya Portugal bibasiye musaza we nyuma yo kurakazwa n’uko yitwaye nabi mu mukino batsinzwemo na Espagne igitego 1-0...
Umunyarwanda ukinira ikipe ya Kabwe Warriors yo muri Zambia, Nizeyimana Mirafa yasezeranye mu idini ya Islam na Rosalyn Dos Santos, umunya-Portugal usanzwe ari umuganga.
Uyu muhango abayisilamu...
Umunya-Portugal Jorge Manuel da Silva Paixao yerekanwe nk’umutoza mushya wa Rayon Sports we na Pedro Miguel uzamwungiriza muri aka kazi ko gutoza iyi kipe ikunzwe cyane mu Rwanda.
Aba batoza...
Rutahizamu Cristiano Ronaldo ukinira Juventus n’igihugu cya Portugal yaraye abaye umukinnyi wa 6 mu mateka y’umupira w’amaguru ubashije gutsinda ibitego 700 mu mukino Portugal ye yatsinzwemo na...
Ubuyobozi bw’igihugu cya Portugal bwatangaje ko inkongi y’umuriro waturutse mu ishyamba yahitanya abantu basaga 60 biganjemo abagendaga mu modoka zabo.
Iyi mpanuka yabaye kuri iki cyumweru....
Ikipe ya FC Porto yatangaje ko yamaze kumvikana na Arsenal, kuyigurisha Fábio Daniel Ferreira Vieira, umunya-Portugal w’imyaka 22 ukina hagati mu kibuga afasha ba rutahizamu.
Uyu musore watangiye...
Umusifuzi w’Umuholandi witwa Danny Makkelie uherutse gukora amahano akanga igitego cya Cristiano Ronaldo mu mukino wo gushaka itike y’igikombe cy’sisi 2022 Portugal yahuye na Serbia,yasabye...
Rutahizamu Sarpong Michael yagaragaye yerekeza ku kibuga cy’Indege aho agiye i Lisbon muri Portugal, mu ikipe ya Pacos Ferreira yo mu cyiciro cya mbere muri Portugal yifuza kumukoresha...
Ikipe ya Portugal ntibashije gukomeza mu mikino ya ¼ cy’irangiza mu gikombe cy’isi cya 2018 kuko yatsinzwe na Uruguay ibitego 2-1 mu mukino wa 1/16 cy’irangiza wabereye mu mujyi wa...
Leta ya Portugal yatangaje ko inkongi y’ umuriro yibasiye ishyamba ryo muri icyo gihugu riherereye ku birometero 50 mu magepfo y’ umugi wa Coimbra imaze guhitana abagera kuri 57.
Bamwe muri...
Rutahizamu Cristiano Ronaldo yatsinze igitego cya 111 mu ikipe y’igihugu ya Portugal,bituma aca agahigo ko kuba umukinnyi wa mbere ku isi umaze gutsindira ibitego byinshi igihugu cye,mu mikino...
Rutahizamu wa Juventus,Cristiano Ronaldo,yamae kugaruka mu Butaliyani nyuma yo kubura indege imukura mu gihugu cya Portugal yari amazemo iminsi kubera icyorezo cya Coronavirus cyayogoje isi...