Nyuma y’iminsi 14 mu Rwanda hagaragaye umurwayi wa mbere wanduye icyorezo cya Coronavirus, we na bagenzi be 60 bari kuvurirwa mu bitaro bya Kanyinya, mu Karere ka...
Ibiro bya minisitiri w’intebe byatangaje ko kuri uyu wa 07 Gashyantare 2020, hashyizwe mu myanya abayobozi, mu Mujyi wa Kigali batacyitwa ba Meya b’uturere ahubwo biswe “Abayobozi Nshingwabikorwa...
Umugabo witwa Bunani Jean Claude wabaye icyamamare hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga kubera amashusho yagaragaye ari kurokora umwana wari uri gutwarwa n’amazi ya ruhurura I Nyabugogo mu karere...
Hari imodoka nziza yo mu bwoko bwa Toyota Corolla iri kugurishwa. Iyi modoka ni automatic, yakorewe mu Bufaransa, ni nshyashya, ifite pulaki RAE.... n’ibindi byangombwa byose(assurance na controle...
Kuri uyu wa Gatanu nibwo hemejwe inkuru yari imaze iminsi ivugwa y’ifatwa rya Nsengimana Herman wahoze ari Umuvugizi w’Umutwe wa FLN, umwanya atamazeho kabiri nyuma yo gusimbura Nsabimana Callixte...
Imyaka Igera Kuri 26 Ishize Habaye Jenoside Yakorewe Abatutsi, Hari Ibimenyetso Byinshi Bikomeje Kugaragara Bishimangira Ko Yari Yarateguwe, N’ubwo Hari Abakomeje Guhakana Ko...
Benshi mu baturage bo muri Nigeria banenze perezida wabo Muhammadu Buhari wahaye umukobwa we indege ye akoresha mu ngendo ayijyana muri gahunda ze bwite mu gace kitwa...
Umugore w’uwahoze ari umukinnyi wa filimi yamenyekanye cyane yitwa ‘Tarzan’ wamenyekanye yapfuye yishwe n’umuhungu wabo w’imyaka 30 y’amavuko ahita apfa ubwo bari bari mu rugo rwabo muri leta ya...
Imirwano y’imbunda ziremereye yumvikanye mu masaha yo ku wa gatandatu mu ntara ya Lower Shabelle mu majyepfo ya Somalia nk’uko bivugwa n’ibinyamakuru byaho.
Mu nkengero z’Ikiyaga cya Kivu ahitaruye Umujyi wa Rubavu niho habereye ibirori bibereye ijisho byo gusaba, gukwa no gusezerana imbere y’Imana hagati ya Manzi James [Humble Jizzo] n’umugore we Amy...
Bwa mbere mu mateka amakipe 4 yo mu bwongereza agiye guhurira ku mikino ya nyuma y’ibikombe by’I Burayi kuko nyuma ya Tottenham na Liverpool zizahurira ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions...
Alexia uwera Mupende wari umunyamideli ukomeye mu Rwanda, yishwe ku mugoroba wo kuwa 08 Mutarama 2019, atewe icyuma bikekwa ko byakozwe n’uwari umukozi wo mu rugo n’ubwo ataratabwa muri...
Barack Obama umwirabura wa mbere yabaye Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika yavuze ko Bush yari umuntu ukunda igihugu, avuga ko yifatanije mu kababaro n’ umuryango we anongeraho ko imitima y’...
Umunyamukuru uzwi cyane mu kogeza umupira kuri Radio Rwanda Axel Rugangura yatangaje ko mu mwaka utaha agiye gutegura amarushanwa yo gushakisha impano z’abana bazi kogeza umupira kugira ngo...
Uyu munsi nibwo Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ryashyize hanze uko amatsinda ya UEFA Europa League ateye, aho amakipe akomeye mu Bwongereza Arsenal na Chelsea zamaze kumenya aho amakipe zigomba...
Kwizigira Jean Claude uzwiho kogeza umupira w’amagura kuri Radio Rwanda yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Umubyeyi Clarisse bamaze igihe bakundana.
Tuyishime Joshua wamamaye nka Jay Polly muri muzika nyarwanda yatangaje ko abarangazwa n’imyambarire y’umugore we ari ibisambo, ngo umukunzi we n’umunyamideli...
Umugore wo mu gihugu cya Amerika muri New York Jessie Lipskin yafashe umwanzuro wo kubaka inzu y’akataraboneka yifashishije ikibisi cya shaje cyo mu bwoko bwa 1966 GMC yari amaze igihe kinini...
Ku wa Gatanu w’ icyumweru gishize Perezida wa Koreya ya Ruguru na mugenzi we wa Koreya y’ Epfo Kim Jae moon bagiranye umubonano w’ amateka dore ko hari hashize imyaka igera kuri 60 abakuru ba Koreya...
Humble yanenze Safi amubwira ko kuba inshuti nawe atari ukumwihomaho.
Manzi James umaze iminsi micye ageze mu Rwanda nyuma y’amezi 3 yarajyanye n’ umufasha we muri Amerika kwibaruka umwana wabo...