Général Delphin Kahimbi wari ukuriye iperereza rya gisirikare muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo yasanzwe iwe yapfuye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu.
Umunyarwanda witwa Nzabonimpa Fidele,wari mu barwanyi b’umutwe wa RUD URUNANA bagabye igitero mu Kinigi ho mu karere ka Musanze,yavuga ko bamujyanye muri icyo gitero atazi iyo...
Perezida Paul Kagame na bagenzi be barimo Perezida João Lourenço, perezida Felix Tshisekedi na perezida Museveni bahuriye I Gatuna kuri uyu wa Gatanu mu biganiro byo kuzahura umubano w’U Rwanda na...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe yatangaje ko inama irabera I Gatuna kuri uyu wa Gatanu itarafungura umupaka ahubwo irareba niba...
Perezida wa Angola João Lourenço yageze i Kigali aho yitabiriye inama y’ibihugu bine byiga ku kuzahura umubano w’u Rwanda na Uganda izabera i Gatuna ku mupaka uhuza ibihugu byombi kuri uyu wa...
Uwahoze ari umutoza w’Amavubi, Jonathan McKinstry,usigaye ari umutoza wa Uganda yatangaje ko nta kipe azi neza nk’u Rwanda ariyo mpamvu umukino wa mbere bazahurira muri CHAN 2020 uzaba ari...
Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko abantu 24 bivugwa ko ari abo mu miryango ya NCD/Renove bishwe n’umutwe w’inyeshyamba za FDRL ifatanyije na Nyatura yombi...
Umukobwa wari uzwi ku izina rya Karashika uri mu kigero cy’imyaka 23 yasanzwe mu icumbi yari yakodesheje yapfuye mu gace ka Giporoso, i Remera mu Karere ka Kicukiro, Umujyi wa Kigali. Urupfu...
Kuri uyu wa Gatanu taliki ya 10 Mutarama 2020, ubuyobozi bw’umujyi wa Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwashyikirije ubuyobozi bw’akarere ka Rubavu abanyarwanda 16 bafatiwe mu...
Abantu 25 bapfiriye mu mirwano yashyamiranyije inyeshyamba za FDLR n’iza Nduma Defense of Congo Rénové (NDC-R) ibarizwa mu mutwe wa Mai-Mai, mu mashyamba yo muri Repubulika Ihanira Demokarasi ya...
Ubwo yari mu birori byo kwizihiza umwaka mushya wa 2020,Nyakubahwa perezida Kagame yavuze ko umwaka ushize wagenze neza ku Banyarwanda n’inshuti zarwo ariko abarwifuriza inabi nta mahirwe bagize...
Amakuru yiriwe acicikana ku ku mbuga nkoranyambaga zo muri Afurika y’epfo mu mujyi wa Cape Town,aravuga ko Komite nyobozi y’ishyaka RRM rya Nsabimana Callixte Sankara yateranye k,umunsi w’ejo...
Mu marushanwa y’ubwiza ya Miss Africa Calabar 2019, ikamba ryegukanywe na Irene Ng’endo Mukii wari uhagarariye igihugu cya Kenya, naho Tania Muvunyi wagiye muri aya marushanwa ahagarariye u Rwanda...
Kuri uyu wa 27 ukuboza 2019 ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi, FIFA ryashyize ahagaragara uburyo amakipe y’ibihugu byo ku mugabane wa Afurika azaba agabanyije muri tombola ya kabiri yo...
Umuhungu wa Gen Maj Pacifique Ntawunguka uzwi ku mazina nka Omega uyobora FDLR witwa Mukiza Willy Maurice yashimiye Leta y’u Rwanda yamufashije we n’abavandimwe be ititaye kuri se ushaka...
Leta y’ Uburundi iravuga ko yiteguye kwivuna igitero cyose aho cyaturuka hose nyuma y’igitero giherutse kugabwa muri iki gihugu muri komini Mabayi mu ntara ya Cibitoke bivuga ko cyakozwe n’ingabo...
Ibiro bya polisi ya Mandimbi byatwitswe, ni ku birometero 30 mu majyepfo ashyira uburasizuba bwa Biakato muri territoire ya Mambasa,ibyo biro byatwitswe mu ijoro ryo ku Cyumweru rishyira kuwa...
Nubwo byari biteganyijwe ko kuwa 18 Ugushyingo 2019 aribwo abayobozi b’u Rwanda na Uganda bongera kuganira ku byerekeye ishyirwa mu bikorwa by’amasezerano yo muri Angola,u Rwanda rwasabye Uganda...
Ku wa 2 ukwankira 2019 nibwo Umuhanzi wamamaye muri Tanzania mu njyana ya Bongo Flava yibarutse umwana we wa kane na Tanasha Donna none kuri ubu yatangiye kumushimisha bya hato na...
Amavubi yamaze gukatisha itike yo kwerekeza muri CHAN 2020 izabera mu gihugu cya Cameroon, abifashijwemo na Sugira Ernest wayatsindiye ibitego 2 mu mikino yombi yakinnyemo na Ethiopia muri iri...
Major Mudathiru uregwa kuba umwe mu bayobozi b’inyeshyamba zo mu Mutwe wa P5, yemeye ibyaha byo kugambirira kugirira nabi ubutegetsi buriho, anabisabira...