Mayonde Masya wo muri Kenya witabiriye igitaramo mu Rwanda, cyiswe “Kigali Jazz Junction”, yabwiye abakunzi b’umuziki we ko aterwa ishema no kuba ari Umunyarwandakazi.
Mayonde, mu kugaragaza ibi...
Umuraperi AY uri mu bahanzi bubashywe mu gihugu cya Tanzaniya yamaze gufata irembo ry’umunyarwandaazi bagiye kubana akaramata. Amakuru Umuryango.rw, ufite n’uko ku wa kabiri w’iki cyumweru abasaza...
Umukinnyi Cristiano Ronaldo yababaje bikomeye abayobozi n’abafana ba FC Barcelona ubwo yatangazaga ko yifuza ko abakinnyi b’iyi kipe yo mu ntara ya Catalonya bazabakomera amashyi kubera ko...
Umukinnyi Jesse Lingard ukina nka rutahizamu mu ikipe ya Manchester United ari kuvugwa cyane mu bitangazamakuru kubera amafoto y’umukunzi we Jena Frumes yagiye hanze ndetse biravugwa ko yaje...
Umuherwe wo muri Canada witwa Dellen Millard arashinjwa icyaha cyo kwica uwahoze ari umukunzi we witwa Laura Babcock mu mwaka wa 2012 yarangiza akamutwika ibintu byagoye inzego za polisi kubona...
Ikipe ya AS Kigali irahura na Kiyovu Sports kuri uyu wa Kabiri mu mukino w’umunsi wa 9 wa shampiyona idafite abakinnyi 6 igenderaho aho ishaka gukomeza kuyobora urutonde rwa shampiyona.
Iyi kipe...
Rutahizamu w’ikipe ya FC Barcelona Lionel Messi yatangaje ko we na bagenzi bifuza gutsinda ikipe ya Real Madrid kuri uyu wa Gatandatu kugira ngo bibafashe kwishimira iminsi mikuru ya Noheri.
Uyu...
Umunya Eritrea wamamaye mu Rwanda kubera gutsinda uduce twinshi muri Tour du Rwanda, yari amaze iminsi ari mu gihirahiro kubera ko nta kipe yari afite nyuma yo gusezererwa na Dimension Data...
Umwarimu witwa Rachel Gonzalez wo muri Leta zunze Ubumwe z’Amerika muri leta ya Texas yafashwe ari gusambana n’umwana w’imyaka 13 yigisha ndetse se w’uyu mwana yabafashe ubwo yari aje kumureba.
Uyu...
Hirya no hino ku isi abantu baraye mu birori byo gutangira umwaka mushya aho ababishoboye basohokeye hirya no hino kugira ngo bishimire ko barangije umwaka amahoro ndetse no kuba bagiye gutangira...
Umuryango wo kwa Ambwene Allen Yessayah wamamaye nka A.Y uritegura kuza gusaba umunyarwandakazi Remy iwabo ku ivuko I Nyamata mu Karere ka Bugesera mu Ntara y’Iburasirazuba.
Kuwa 18 Nzeri 2017...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 10 Gashyantare, 2018 nibwo Umuraperi AY uri mu bahanzi bubashywe mu gihugu cya Tanzaniya yasabye anakwa umukunzi we w’umunyarwandakazi witwa Umunyana Rehema [Remy]....